Umuhanzikazi Cindy Sanyu yahaye inama abahanzi bakiri bato bakunze gushinja abahanzi bakomeye kubabuza gutera imbere cyangwa gupfobya umuziki wabo. Mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru, Cindy, umaze kwamamara mu ndirimbo nyinshi nka Boom Party, Nayise Naye, Jungu, Too Much...
Nyuma yo gukatirwa mu ntangiriro za Ukwakira 2025, hamenyekanye igihe umuraperi Sean “Diddy” Combs azavira muri gereza. Amakuru mashya aturuka mu Kigo gishinzwe imfungwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika agaragaza ko Diddy azafungurwa ku wa 8 Gicurasi...
Regina Daniels wakinanye na Alliah Cool muri filime yitwa ‘The Waiter’ ya AY Comedian, yarikoroje muri Nigeria kubera inzu yaguze nyuma yo gutandukana n’umugabo we wigeze no kuba umusenateri bari bamaze igihe babana. Uyu mugore ufite abana babiri...
Mu myaka 19 ishize, ijwi rya Sarah Uwera Sanyu ryakomeje kwumvikana mu ndirimbo zubatse imitima ya benshi, zibibutsa gukomeza urugendo rwo kwizera no kubaho mu bugingo bushyitse. Ni umwe mu baririmbyi bakomeye ba Ambassadors of Christ Choir, korali...
Nyuma y’ibibazo bitandukanye byagaragaye mu irushanwa rya Nyampinga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mezi yashize, Audrey Eckert, wo muri Leta ya Nebraska ni we wegukanye ikamba rya Miss USA 2025. Uyu mukobwa w’imyaka 22, wize umutekano...
Mu gihe abandi bahanzi benshi bizihiza isabukuru y’imyaka bamaze mu muziki binyuze mu bitaramo bikomeye bibera i Kigali cyangwa mu mijyi minini, Senderi International Hit yahisemo inzira idasanzwe, kugaruka mu baturage bamukuze no kubataramira aho bari hose mu...
Miss Mutesi Jolly, ukunzwe cyane mu rwanda ufatirwaho icyitegererezo n abandi bakobwa, uherutse kugura imodoka ihagaze miliyoni zigera muri 400 ni muntu ki ni mwene nde?. Mutesi Jolly yavutse tariki 15 Ugushyingo 1996, avukira mu gihugu cya Uganda....
Ama G The Black yatangaje uko afata Rev Dr Antoine Rutayisire nk’umuwarimu w’ubuzima kandi wamufashije gukora indirimbo ze. Umuraperi Hakizimana Amani uwamamaye nka Ama G The Black uzwiho gukora indirimbo zifite ubutumwa bukomeye kandi zigaragaza ubuzima bwa muntu,...
Mu gihe bamwe mu bahanzi bakunze kugaragara batinya kugaruka ku ngingo ziremereye zibahuza n’amarangamutima cyangwa se ibyabaye mu buzima bwabo bwite, Ama G The Black we yahisemo kutihisha inyuma y’ijambo. Uyu muraperi ukunze kugaragara avuga ku buzima bwe...
Marina yavuze ko gukorana indirimbo na Riderman byahoze ari inzozi ze, ahubwo atiyumvisha ukuntu byatinze kugeza ubwo bimusabye hafi imyaka umunani kugira ngo abigereho bakorane iyo bise ‘Everthing’. Ibi Marina yabigarutseho nyuma y’uko Riderman asohoye iyi ndirimbo ‘Everything’...