Icyamamare cyo muri Nigeria akaba n’Umuyobozi w’inzu itunganya umuziki ya Mavin Records, Don Jazzy, yongeye kwibazwaho cyane nyuma y’ikiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru, cyateje impaka n’ibiganiro byinshi mu ruganda rw’imyidagaduro. Don Jazzy, azwiho kuba yitonda, gutekereza kure mu bucuruzi...
Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, akaba n’Umujyanama wa Perezida Museveni mu by’ubuhanzi, yagaragaje impungenge n’ibibazo ku magambo aherutse gutangazwa na mugenzi we Bobi Wine, aho yavuze ko igihugu cya Uganda kiri “kumarwa n’amaraso” (bleeding). Eddy Kenzo yibajije...
Icyamamare mw'iteramakofe Umwongereza Anthony Joshua yakomerekeye mu mpanuka y'imodoka muri Nigeria yahitanye abagabo babiri bo mu ikipe ye kandi b'inshuti ze.Umuryango wa Joshua wemeje ko yakoze impanuka ari mu rugendo yerekeza mu ntara afitemo inkomoko kwizihizanya na bo...
Spice Diana yasangiza amakuru ye y’ukuntu yari afitanye ubucuti bukomeye na Fik Fameica ndetse na nyina witabye Imana mu minsi ishize, anasaba uyu muhanzi kubaha bimwe mu byifuzo bya nyuma bya nyina; gushaka no gutangira urugo. Diana ibi...
Amagana n’amagana y’abafana bari Israel Mbonyi bari baramaze kugura amatike yo kwitabira igitaramo cye cyari kuzabera I Rubavu ku bunani bari kwibaza aho bazaregera ngo basubizwe ayabo nyuma y’uko batangarijwe ko icyo gitaramo kitakibaye. Bamwe mu baganiriye na...
Eddy Kenzo yatangaje ko agiye gushyiraho umuhango wihariye uzajya ukorerwa abahanzi gusa, kugira ngo bahabwe icyubahiro kandi umurage wabo usigasirwe. Ibi Kenzo yabitangaje ubwo yari mu muhango wo kwibuka nyina wa Fik Fameica, Jackline Nassimbwa, uherutse kwitaba Imana....
Umukinnyi wa filimi w’Umunyamerika, Mario Rodriguez, yareze umwanditsi n’umuyoboro wa filimi uzwi cyane Tyler Perry, amushinja kumukorera ihohoterwa rishingiye ku gitsina mu bihe bitandukanye. Mu kirego yatanze mu rukiko rwa Leta ya California, Rodriguez arasaba indishyi zingana na...
Umuhanzikazi Gloria Bugie yatangaje yizeye adashidikanya ko ari umwe mu bahanzi batsindiye ibihembo ku rwego mpuzamahanga, avuga ko umurava n’impano kamere afite bivuga byinshi kurusha ibihembo byatanzwe. Bugie, uzwi kandi nka Buggie, yavuze ko umwaka wa 2025 wabaye...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 28 Ukuboza 2025, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwaburanishije urubanza rw’ubujurire rw’abantu bane bakekwaho kugira uruhare mu gusakaza amashusho y’urukozasoni y’umuhanzi Yampano, urubanza rugaragaza uburyo ubutabera buri gushyira imbaraga mu gukurikirana ibyaha bikorerwa...
Umuraperikazi w’Umunyarwanda Young Grace yahaye icyubahiro gikomeye nyakwigendera Jay Polly mu gitaramo cyiswe “Icyumba cya Rap”, cyahuje abakunzi ba Hip Hop nyarwanda. Ni igikorwa cyakoze ku mitima ya benshi, kigaragaza isano ikomeye yari hagati y’aba bahanzi babiri ndetse...