Mu gihe hasigaye iminsi ibarirwa ku ntoki (9) ngo hatangire Imurikagurisha Mpuzamahanga i Kigali, abacuruzi, abashoramari, ndetse n’abaturage b’u Rwanda n’abaturutse impande zitandukanye z'ibihugu barimo gutegura uko bazaryitabira. Iri murikagurisha rizabera ahasanzwe hakorerwa ibikorwa nk’ibi i Gikondo, ryateguwe...
Komisiyo y’Igihugu y’itangazamakuru (Rwanda Media Commission – RMC) igiye kugira uruhare rukomeye mu igenamigambi ry’ubuyobozi bw’itangazamakuru ku rwego rw’Afurika, binyuze mu nshingano nshya yahawe zo guhagararira inama z’abanyamakuru bo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba (EAC) mu buyobozi bw’Umuryango...
Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda no mu karere, Jose Chameleone, yageze i Burundi ku wa 17 Nyakanga 2025 aho yagiye gutaramira abakunzi be, ahabwa ikaze ryuje urugwiro. Chameleone wari wambaye umupira uranga urukundo rw'iki gihugu cy’u Burundi kuko wariho...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Umutoni Sandrine, yasabye abitabiriye Ubumuntu Arts Festival 2025 ko umuco ukwiye kubumbatirwa, kuko ari wo mutungo w’ingenzi ku banyafurika ndetse n’Isi muri rusange bifitiye. Yabitangaje ku wa 17 Nyakanga 2025,...
Miss Nishimwe Naomie, wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2020, yahagurukiye amagambo amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga, yibasira umugabo we Michael Tesfay, bamwe bavuga ko yakennye no kugenda mu modoka rusange. Miss Naomie yabwiye abavuga umugabo...
Platini P na Nel Ngabo batangaje ko Album yabo nshya bise Vibranium bayitekereje bagamije kugaragaza agaciro ku muziki n’icyerekezo cy’umugabane wa Afurika, bayubakira ku murage ukomeye wasizwe na filime yamamaye cyene nka Black Panther, Wakanda Forever. Mu...
Hollix, umuhanzi mushya mu njyana ya Drill na Rap mu Rwanda, aragenda ahindura isura y’injyana ya Hip-Hop binyuze mu bikorwa bikomeye birimo Violation Music n’album ye ya mbere "Violation 1"
Umukinnyi w’ikipe ya Liverpool iy’igihugu cya Portugal, Diogo Jota, yapfiriye mu mpanuka y’imodoka yabereye mu gace ka Zamora, mu majyaruguru ya Espagne, nk’uko byemejwe n’urwego rushinzwe umutekano rwa Guardia Civil. Murumuna we, André Filipe, na we yahasize ubuzima...
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Keir Starmer n’abategura iserukiramuco rya Glastonbury batangaje ko bababajwe n’indirimbo zirimo amagambo asebya ingabo za Israeli zaririmbiwe ku rubyiniro. Kuri uyu wa Gatandatu ushize, ubwo itsinda rya muzika rihuje injyana ya Punk na Rap...
I Kigali,kuwa 28 Kamena 2025 – Mu birori by’imideli byabereye muri Kigali Convention Centre, uruganda Albert Supply Textile rwerekanye ku mugaragaro imyambaro ya mbere rwakoze, ikoze mu buryo bugezweho kandi bufite ireme rikomeye. Iki gitaramo cyateguwe ku bufatanye...