Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yatsindiye Nigeria ibitego 2-1 iwayo, ariko ntiyabasha kubona itike yo kwerekeza mu gikombe cya Afurika (CAN) kizabera muri Maroc mu mwaka utaha. Kuri uyu wa Mbere, Amavubi yakinnye umukino wa nyuma wo gushaka...
Igice cya kabiri cya Squid Game kizasohoka kuri Netflix tariki 26 Ukuboza(12) 2024.
Megan Fox niwe watangaje ko akuriwe yifashishije ifoto yashyize ku rubuga rwa Instagram. Yayikurikije indi igaragaza ipimo by’uko atwite. Anakora ‘tag’ umukunzi we kuri aya mafoto. Arangije yandikaho amagambo, ati “Nta cyatakaye, ikaze na none.”
CIMEGOLF ni irushanwa rigiye kuba ku nshuro ya gatandatu, rikazaba ku wa 30 Ugushyingo 2024. Ritegerejwemo abakinnyi barenga 200 biganje mu byiciro by’abagore, abagabo n’abakuze.
Abanyarwenya barimo Anne Kansiime uri mu bafite izina rikomeye muri Uganda ndetse na Mammito wo muri Kenya, bataramiye abitabiriye inama ya Youth Connekt imaze iminsi ibera mu Rwanda. Aba banyarwenya biyongeraho abo mu Rwanda nka Rusine, Herve Kimenyi...
Ubuyobozi bwa Access, inama n’ibirori bigiye kubera mu Rwanda kuva 14-16 Ukwakira 2024, bwahumurije Davis D nyuma y’uko bombi bahuriye ku gutumira Nasty C mu bitaramo bibiri byose biteganyijwe kubera mu Mujyi wa Kigali mu kwezi kumwe. Ibi...
Rodrigo Hernández Cascante (Rodri) ukina mu kibuga hagati yugarira mu Ikipe y’Igihugu ya Espgane na Manchester City yo mu Bwongereza, yegukanye Ballon d’Or ya 2024 nyuma yo gutorwa nk’umukinnyi mwiza wahize abandi muri uyu mwaka. Uyu muhango wo...
Umwe mu bakobwa bakunzwe kandi bahagaze neza mu muziki nyarwanda Aline Sano Shingiro uzwi nka Alyn Sano, avuga kimwe mu byo abakunzi be bakwiye kwitega mu minsi ya vuba, ari ibihangano yafatanyijemo n’abahanzi bo muri Kenya, igihugu aheruka...
U Rwanda ruheruka gutsinda Bénin mu mikino yo gushaka itike yo kujya mu Gikombe cya Afurika, rwazamutseho imyanya ine ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA, rwisanga ku mwanya wa 126 ku Isi.
Kiyovu Sports yatsinze Rayon Sports ibitego 2-1 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Stade Amahoro i Remera, aho wabaye uwa mbere w’umupira w’amaguru witabiriwe n’abafana kuva muri Werurwe 2020 kubera icyorezo cya COVID-19. Uyu mukino wa gicuti wateguwe...