Fally Merci usanzwe utegura ibitaramo bya ‘Gen-Z Comedy’ yasabye imbabazi nyuma y’ibyatangajwe na Nzovu na Yaka ubwo bari bitabiriye igitaramo cyabereye muri Camp Kigali ku wa 20 Gashyantare 2025. Ibi Fally Merci yabitangaje mu gitondo cyo ku wa...
Igitego cyo mu minota y’inyongera cyinjijwe na Mamadou Sy cyafashije APR FC gutsinda AS Kigali ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 17 wa Shampiyona, wabereye Kuri Kigali Pele Stadium, ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki ya 16...
Umuhanzi w’umunya- Uganda Bebe Cool ari mu byishimo byo kuba umwana we Alpha Ssali yasinyiye ikipe ya NEC Football Club isanzwe iterwa inkunga n’igisirikare cya Uganda. Ni bimwe mu byo yanditse ku mbuga nkoranyambaga ze tariki 27 Mutarama...
U Rwanda rumaze kugira abakinnyi benshi bakina hanze yarwo aho tugiye kurebera hamwe uko bitwaye mu mpera z’iki cyumweru cyasojwe. Hakim Sahabo uherutse kwerekeza mu ikipe nshya yo mu Bubiligi ya K. Beerschot V.A, imutiye muri Standard de...
“Uwo uri we wese, mu gihe ufite ‘camera’ cyangwa imbuga nkoranyambaga, hari inshingano ufite ku baturage. Ntukwiriye gukwirakwiza ibyo bintu by’umwanda.
Ruti Joël: Umugore na we ni vuba arahari narakunze, ndakundwa. Waririmba Musomandera ntihagire ugukunda? Ndakundwa nanjye, ndahendahendwa, ariko baravuga ngo iryo ni ibanga ryanjye. Gusa arahari!”
Isi y’imyidagaduro muri Kenya iherutse kujya mu gahinda gakomeye nyuma y’urupfu rwa Tabitha Gatwiri, umunyakenya w’umuhanga mu guhanga ibihangano (content creator) no gukina filime, wapfuye ku itariki ya 30 Ukwakira afite imyaka 29 gusa. Tabitha, wamamaye cyane kubera...
Ku wa Gatanu, Bebe Cool yanditse ku rubuga rwa X (Twitter) ko ari mu byiciro bya nyuma byo gusohora alubumu ye yise Break The Chains. "Iyi alubumu igamije kwerekana icyerekezo cy’ahazaza, gushyira mu bikorwa ibyo twatekereje, gushaka amahirwe,...
Kitoko Bibarwa, umwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda, yatangaje ko ari mu mushinga ukomeye wo kwandika igitabo kizasohoka mu minsi iri imbere, kikazibanda ku mateka n’iterambere ry’umuziki w’u Rwanda. Uyu muhanzi ufite imyaka 39 yatangaje ko iki gitabo...
Davido yizihiza isabukuru y’imyaka 32 atanga inkunga irenga miliyoni 250 Frw Umuhanzi ukomeye mu njyana ya Afrobeats, David Adeleke wamamaye ku izina rya Davido, yatangaje ko isabukuru ye y’imyaka 32 azayizihiza atanga inkunga y’amafaranga angana na miliyoni 300...