Umuraperi Bruce The 1st uri mu banyempano bari kumenyekana mu muziki nyarwanda, yatangaje ko agiye gushyira hanze Album ye ya mbere yise T.O.N (Top Or Nothing), umushinga afata nk’“imfura”. N'umuzingo (Album) ugizwe n’indirimbo 13, zose zigaragaza uburyo uyu...
Element uri mu bahanzi bakuzwe mu muziki w’u Rwanda, agiye guhurira na Kizz Daniel mu gitaramo kizabera muri Suède ku wa 8 Ugushyingo 2025. Ni igitaramo kizabimburira uruhererekane rw’ibyo uyu muhanzi agiye gukorera mu bihugu binyuranye by’i Burayi...
Alex Muhangi, Umuyobozi w’ikigo Comedy Store UG, yatorewe kuba Perezida w’Ishyirahamwe ry’Abanyarwenya bo muri Uganda (The Uganda Comedians Association – TUCA). Ibi byatangarijwe mu nama yabereye kuri Royal Suites i Bugolobi, yahuje abanyarwenya n’abafatanyabikorwa batandukanye bo mu gihugu....
Filime ‘Didy’ ya Gaël Kamilindi uri mu Banyarwanda bamaze kubaka izina muri sinema usanzwe aba mu Busuwisi, ihatanye n’izindi zitandukanye mu iserukiramuco riri kubera muri Nigeria. Iyi filime ihatanye mu iserukiramuco rya Africa International Film Festival (AFRIFF) riri...
Mu Mujyi wa Kigali hagiye kubera iserukiramuco rishya ry’ubuhanzi n’umuco rizahuriramo abanyempano baturutse mu bihugu bitandatu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari rwiswe Isôoko Great Lakes Festival 2025. Ryateguwe mu rwego rwo guteza imbere ubuhanzi n’ubufatanye hagati y’abahanzi bo...
Umuhanzikazi wo muri TNS, Maureen Peace Namugonza wamamaye ku izina rya Ava Peace, yagaragaje akababaro n’isoni aterwa n’imyitwarire y’abamwe mu bashumba b’amadini, avuga ko hari abo usanga bavuga amagambo atesha agaciro abandi bantu kandi nta shingiro afite. Ava...
Umuhanzi wo muri Uganda, Eddy Kenzo, akaba na Perezida w'ishirahamwe, Uganda National Musicans Federetion (UNMF), yatangaje ko mugenzi we Pallaso agifite uburenganzira busesuye muri uyu muryango, nubwo afite ibyo yizera cyangwa ashyigikiye bitandukanye n’iby’abandi bahanzi. Mu minsi yashize,...
Umuraperikazi w’ikiragiririre wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,, ufite inkomoko ukomoka muri Trinidad, Nicki Minaj, yavugishije benshi nyuma y’aho ashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga ze bwamagana ihohoterwa rikorerwa Abakirisitu bo muri Nigeria. Ubutumwa Nick Minaj yashyize ku...
Umuramyi Richard Nick Ngendahayo, wamamaye mu ndirimbo zisingiza Imana zafashije abari bake mu gihugu no hanze cyo, yageze i Kigali nyuma y’imyaka irenga 15 aba mu Mujyi wa Dallas muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Yasesekaye ku Kibuga cy'indege...
Diamond Platnumz, nyuma yogukora amashusho yararimo ubutumwa bwa mamaza Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, akabushyira ku mbuga nkoranyambaga ze yaje gufata icyemezo cyo kubusiba bwose, nyuma y’uko abakunzi be bamwibasiye bikomeye, bamwe banamutera ubwoba bavuga ko bazahagarika...