Umuhanzi Yampano yahishuye ko ibihe byamukomereye mu buzima bwe bitatangiriye ku mashusho ye yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, ahubwo ko byakurikiwe n’ibindi byago bikomeye byamugizeho ingaruka zikomeye mu muryango we. Mu kiganiro yagiranye na MIE Empire ya Murindahabi Irene,...
Mu gitaramo cya mbere cy’uruhererekane ari gukorera i Las Vegas, Jennifer Lopez yongeye kugaragaza ko yishimira uwo ari we, ashyira imbere icyizere n’ubwisanzure mu myambarire, aho yasubije abamunenga mu buryo burimo urwenya n’ubwitonzi. Iki gitaramo cyabereye muri Colosseum...
Nyuma y’igihe amaze agarukwaho cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga kubera amashusho yamuvugishije byinshi, umuhanzi Yampano yongeye kugaragaza ko agiye gutangira urugendo rushya rw’ubuzima bwe, ashimangira ko yahisemo amahoro n’kwiyubaka. Mu minsi ishize, hari amashusho yakwirakwiye ku...
Mu ijoro ryo ku wa 2 Mutarama 2026, umuhanzi w’icyamamare ku Isi, Chinsea Linda Lee uzwi nka Shenseea, yageze i Kigali aje kwitabira igitaramo gikomeye ateganyirijwe ku wa 3 Mutarama 2026. Iki gitaramo azagihuriramo n’abandi bahanzi b’Abanya-Jamaica barimo...
Abahanzi Bruce Melodie, Diamond Platnumz na Joel Brown bahurije imbaraga mu ndirimbo Pom Pom, igaragaza icyerekezo cy’ubufatanye mpuzamahanga mu muziki wa Afurika no kwagura isoko ryawo ku rwego rw’Isi. Pom Pom ni indirimbo y’iminota ine, iririmbwa mu ndimi...
Umuririmbyi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yongeye gushimangira ko urugendo rwe rw’umuziki rwubakiye ku bufasha n’ubuvandimwe bwa Muyombo Thomas uzwi nka Tom Close, avuga ko atari kuba uwo ari we uyu munsi iyo atagira uwo mugenzi wamwemereye...
Israel Mbonyi, umwe mu bahanzi bakomeye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda, yagaragaje ko igihe yari amaze kugera ku rwego rwo hejuru mu mwuga we ari bwo yatangiye kwibaza niba urugendo rwe mu muziki rutari...
Umukinnyi wa sinema nyarwanda Niyonshuti Yannick, uzwi ku izina rya Killaman, yatangaje ko umwaka wa 2025 wamubereye mubi cyane ku buryo atazawukumbura na gato, kubera ibibazo by’ubukungu n’ihungabana ry’imishinga ye y’ubuhanzi. Mu kiganiro yagiranye na You tube ya...
BK Arena yuzuye abakunzi b’umuziki mu ijoro ryo ku wa 2 Mutarama 2026, ubwo The Ben yizihizaga imyaka 18 amaze mu rugendo rw’umuziki, mu gitaramo gikomeye “The Nu-Year Groove”, cyahuje ibyishimo by’umwaka mushya, amateka ye bwite n’icyubahiro yahaye...
Umuririmbyi ndetse kaba n’umujyana wa Perezida wa Big Talent Entertainment Eddy Kenzo mu byerekeye abahanzi, aho yagaragaje akababaro ke nyuma y’uko havuzwe ko yagiranye amakimbirane ba Bebe Cool mu gihe cy’amatora yaherukaga kuba. Umuyobozi wa Big Entertainment Kenzo, ...