• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Indirimbo ya Eddy Kenzo yise “Hope and Love” yegukanye igihembo cya Grammy Awards

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 11, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Eddy Kenzo, yagaragaje ibyishimo yinshi nyuma yo kumenya ko indirinbo ye yise “Hope and Love” yakoranye n’umuhanga mu gukora umuziki wo muri Iraki, Mehran Martin, yahawe igihembo cya Grammy Awards. 

Kenzo yavuze ko ayo makuru yayamenye bitunguranye ubwo yari mu cyumba cya hoteli i Mbale aho yari aruhukiye. Yavuze ko iki gihembo cya Grammy Awards, agihawe bwa kabiri.

Yagize ati: “Amakuru y’uko nabaye umwe batsindiye igihembo cya Grammy yangezeho nibereye mu cyumba cya hoteli i Mbale niruhukira, narindimo gukoresha konti ya X (Twitter), cyane ko nkunda kuyikoresha ndeba ibyo abantu bavuzwe . Nibwo nabonye umuntu yanditse avuga ko Ghana itabonetse ku rutonde rw’abatsinze, mpita njya gusuzuma, mpabona izina ryanjye riri mubatsinze. Umutima wanjye wahise usimbuka, nari ndi njyenyine mu cyumba, numva mbuze icyo gukora. Ariko byari ibyishimo,napfukamye nshimira Imana.”

Mu gusubiza amaso inyuma mu rugendo rwe rw’umuziki w’umuhanzi Eddy Kenzo, yasobanuye icyamufashije gutandukana n’abandi bahanzi bakomeye bo muri Uganda— ari byo kwihambira ku mwimerere we mu muziki.

Nyuma yo kumena ko indirimbo ye yise “Hope and Love” yegukanye igihembo yapfukamye ashimira Imana

Ati: “Icyintandukanya n’abandi bahanzi b’ ibiragirire muri Uganda ni uko mfite umwihariko wanjye. Icyo nicyo cyifasha cyane n’ubwo nigeze nkomeza amashuri ngo mbe umuntu ukomeye. Bityo ibyo sinabitindaho, nagumanye umwimerere wanjye. Ndi umuntu kunda gukoresha ukuri, utabeshya kandi ufite umwimerere. N’iyo nandika indirimbo cyagwa ntuganya merodi( Melodie) birigaragaza. ninjye ubwanjye, wishakira ijyana itandukanye n’izindi muri Uganda, hari nabo nkorera Melodie. Ibyo byose rero nkora bishingira ku bumeyi mfite.”

Kenzo yanaboneyeho gusobanura impamvu yahisemo gushyira indirimbo ye yise “Hope and Love” mu ipinganwa rya Grammy Awards, avuga ko ubutumwa bwayo bwuzuye urukundo n’icyizere cyane ko isi aribwo ikineye muri iki gihe.

Ati: “ Itandukaniro ry’indirimbo ‘Hope and Love’ ni ubutumwa bwayo gusa. Ni yo mpamvu ariyo natanze. Iyo urebye ibibera ku isi birababaje — intambara, ababyeyi baramana n’abana babo, Kwica hagati y’umwana n’umubyeyi n’ibindi byinshi, ikidukwiye n’uko tugirirana ikizere n’urukundo, kugirango tubane mu isi iragwamo amahoro n’urukundo.

Previous Post

The Ben na Bruce Melodie bemeranyije gukorana mu bitaramo bigiye bitandukanye

Next Post

Uganda: Buchaman yatomagije indirimbo Juliana Kanyomozi na Bobi Wine bashyize hanze

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Uganda: Buchaman yatomagije indirimbo Juliana Kanyomozi na Bobi Wine bashyize hanze

Uganda: Buchaman yatomagije indirimbo Juliana Kanyomozi na Bobi Wine bashyize hanze

Christopher yibukije abakoresha imbuga nkoranyambaga nabi ko ingaruka zigarura ku bana

Christopher yibukije abakoresha imbuga nkoranyambaga nabi ko ingaruka zigarura ku bana

Yvan Muziki agiye kumurika Album ‘Inganzo Ntahangarwa’

Yvan Muziki agiye kumurika Album 'Inganzo Ntahangarwa'

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.