Umuvugizi w’urwego rw’ubugenzacyaha mu Rwanda ( RIB) aratangaza ko Uzabakiriho Cyprien uzwi ku mazina ya Djihad yigeze guhamagazwa n’uru rwego yihanangirizwa kongera gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni ariko yanga kubyumva ubu akaba yamaze gutabwa muri yombi akekwaho gukwirakwiza amashusho ya...
Umuhanzikazi w’icyamamare Juliana Kanyomozi yagarutse ku buryo ubuzima bwe bwahindutse mu myaka 15 ishize, mu gihe yitegura kwizihiza isabukuru ye ku wa 27 Ugushyingo. Abinyujije ku butumwa yageneye abakunzi be, Juliana yasangije abamukurikira uko yagiye ahindura imyumvire, imigenzo...
Umuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Richard Nick Ngendahayo aratangaza ko yagarutse muri muzika yo kuramya no guhimbaza Imana ubudasubira inyuma nyuma y’imyaka isaga 17 ataboneka. Ibi yabitangarije mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Kabiri...
Umuhanzi ukunzwe mu muziki gakondo, Cyusa Ibrahim, yatangaje ko yamaze kwinjira mu myiteguro ya nyuma yo gushyira hanze album ye ya kabiri yise “Muvumwamata”, umushinga mushya uvuga ko uzanye ubutumwa bwimbitse ku muco nyarwanda, amateka y’umuryango we n’indangagaciro...
Iyo aryamye, Umwuka Wera asanga umunzozi akampa indirimbo gomba gukora. Muri make, sijya afata umwanya wo guhanga cyangwa kwandika; oya. Indirimbo ndirimba aba ari ibihimbano by'umwuka imana ibayamaye. Kuri uyu wa 25 Ugushyingo 2025, Richard Nick Ngendahayo wamamaye...
BK Arena ntabwo ihenze, ihenda bitewe n’icyo ugiye kuyikoreramo. Iyo ugiye kuyikoreramo haba hagomba kurebwa niba koko bikwiye ko uhakorera igikorwa: ese ushobora kubona abantu bangana iki? Ese wowe wayishoyemo amafaranga yawe uzunguka? Iyo abantu bajyanye igikorwa muri...
Women Foundation Ministries na Noble Family Church bagiye gukora ku nshuro ya 19 igikorwa ngarukamwaka cyo gushima Imana cyamamaye nka "Thanksgiving in Action" . Kuwa Gatanu tariki ya 28 Ugushyingo 2025, kuva saa tano za mu gitondo (11:00...
Sosiyete y’Itumanaho ya MTN Rwanda yatangaje ko yateye inkunga igitaramo “Niwe Healing Concert” cy’umuramyi Richard Nick Ngendahayo, hagamijwe gukomeza gushishikariza abakiriya bayo gukoresha Serivisi ya Caller Tunez, dore ko n’indirimbo z’uyu muramyi ziri mu zicurangwa muri iyi serivisi....
Gisa cy'Inganzo yatangaje ko ageze ku rwego rwo gusohorera icya rimwe indirimbo ebyiri mu kwezi kumwe, avuga ko ari uburyo bwo guharanira icyubahiro n'umwanya we yari yaratakaje igihe yari mu bibazo bitandukanye adakora umuziki. Gisa cy'Inganzo yabigarutseho nyuma...
Nyuma yo gusubukura urugendo rwa kazi muri Kenya aho yahuye n’ubuyobozi bwa Universal Music Group iherutse ku girana na Ariel Wazy amasezerano, ubu Ariel yasubiye muri Keny aho agiye kumarayo icyumweru mu bikorwa bya muzika. Ibi byari byitezwe...