Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, abanyamategeko ba Sean “Diddy” Combs bashyikirije urukiko rwo mu gace ka Southern District ya New York, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, impapuro zibarirwa muri 62, basaba ko icyemezo cyahamije Combs icyaha...
Mu masaha meke ashize muri Australiabatangaje Iserukiramuco rya Strummingbird, n'Iserukiramuco ryatumiwemo abahanzi mpuzamahanga, barimo ibyamamare bibiri bikomeye: Jelly Roll na Shaboozey, bazaririmba ku munsi wa mbere w’iri serukiramuco. Iri serukiramuco ryatangajwe mu byumweru bishize, ryatangajwe ko rizabera muri...
Abahanzi barimo Tekno Miles, Nel Ngabo na Alyn Sano bataramiye mu gitaramo cyo kumurika imideri 'Threads of Africa Fashion' cyabereye muri Zaria Court, inyubako ya Masai Ujiri. Ni igitaramo cyabaye mu ijoro ryo ku wa 31 Nyakanga 2025....
Umuhanzi David Lutalo yatangaje amagambo akomeye ashyigikira Eddy Kenzo n’Ishyirahamwe ry’Abahanzi ba Muzika muri Uganda (UNMF), nyuma y’aho bamwe mu bategura ibitaramo batangaje ko bagiye guhagarika Kenzo n’abandi bahanzi bafitanye isano na UNMF mu bitaramo byabo. Abo bategura...
Mu kiganiro akuze gukora gake cyane kuri Instagram Live, umuririmbyi w’icyamamare Wizkid ytangaje indirimbo nshya agiye gushyira hanze vuha, yahuriyemo n’umuhanga mu njyana ya Afrobeats, Young Jonn. Uyu muhanzi wahawe igihembo cya Grammy akomeje kuba urugendo rwo gukorana...
Mu rwego rwo gukomeza kugeza inyigisho za Kiliziya Gatolika ku rubyiruko cyane cyane urukoresha imbuga nkoranyambaga, Kiliziya Gatolika yahamagaje i Roma bamwe mu bapadiri bamamaye ku mbuga nkoranyambaga kubera imyitwarire ituma bakurikirwa cyane. Abo bapadiri bamenyekanye cyane ku...
I Kigali, kuri uyu wa 28 Nyakanga 2025, Perezida Paul Kagame afatanyije n’umunyemari Masai Ujiri, bafunguye ku mugaragaro Zaria Court Kigali. Iyo nyubako y’icyitegererezo yuzuye itwaye asaga miliyoni 25 z’amadolari ya Amerika, . Ibirori byo gufungura iyi nyubako...
Perezida Paul Kagame na Masai Ujiri wahoze ari perezida w'ikipe ya Toronto Raptors yo muri Canada bashishikarije urubyiruko rwa Afurika rubarirwa mu bihumbi rwateraniye i Kigali ko rukwiye guteza imbere umugabane w'Afurika no gukora ibikorwa birugira igihangange. Bamwe...
Mu gihe hasigaye iminsi ibarirwa ku ntoki (9) ngo hatangire Imurikagurisha Mpuzamahanga i Kigali, abacuruzi, abashoramari, ndetse n’abaturage b’u Rwanda n’abaturutse impande zitandukanye z'ibihugu barimo gutegura uko bazaryitabira. Iri murikagurisha rizabera ahasanzwe hakorerwa ibikorwa nk’ibi i Gikondo, ryateguwe...
Komisiyo y’Igihugu y’itangazamakuru (Rwanda Media Commission – RMC) igiye kugira uruhare rukomeye mu igenamigambi ry’ubuyobozi bw’itangazamakuru ku rwego rw’Afurika, binyuze mu nshingano nshya yahawe zo guhagararira inama z’abanyamakuru bo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba (EAC) mu buyobozi bw’Umuryango...