Filime ‘Didy’ ya Gaël Kamilindi uri mu Banyarwanda bamaze kubaka izina muri sinema usanzwe aba mu Busuwisi, ihatanye n’izindi zitandukanye mu iserukiramuco riri kubera muri Nigeria. Iyi filime ihatanye mu iserukiramuco rya Africa International Film Festival (AFRIFF) riri...
Mu Mujyi wa Kigali hagiye kubera iserukiramuco rishya ry’ubuhanzi n’umuco rizahuriramo abanyempano baturutse mu bihugu bitandatu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari rwiswe Isôoko Great Lakes Festival 2025. Ryateguwe mu rwego rwo guteza imbere ubuhanzi n’ubufatanye hagati y’abahanzi bo...
Umuhanzikazi wo muri TNS, Maureen Peace Namugonza wamamaye ku izina rya Ava Peace, yagaragaje akababaro n’isoni aterwa n’imyitwarire y’abamwe mu bashumba b’amadini, avuga ko hari abo usanga bavuga amagambo atesha agaciro abandi bantu kandi nta shingiro afite. Ava...
Umuhanzi wo muri Uganda, Eddy Kenzo, akaba na Perezida w'ishirahamwe, Uganda National Musicans Federetion (UNMF), yatangaje ko mugenzi we Pallaso agifite uburenganzira busesuye muri uyu muryango, nubwo afite ibyo yizera cyangwa ashyigikiye bitandukanye n’iby’abandi bahanzi. Mu minsi yashize,...
Umuraperikazi w’ikiragiririre wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,, ufite inkomoko ukomoka muri Trinidad, Nicki Minaj, yavugishije benshi nyuma y’aho ashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga ze bwamagana ihohoterwa rikorerwa Abakirisitu bo muri Nigeria. Ubutumwa Nick Minaj yashyize ku...
Umuramyi Richard Nick Ngendahayo, wamamaye mu ndirimbo zisingiza Imana zafashije abari bake mu gihugu no hanze cyo, yageze i Kigali nyuma y’imyaka irenga 15 aba mu Mujyi wa Dallas muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Yasesekaye ku Kibuga cy'indege...
Diamond Platnumz, nyuma yogukora amashusho yararimo ubutumwa bwa mamaza Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, akabushyira ku mbuga nkoranyambaga ze yaje gufata icyemezo cyo kubusiba bwose, nyuma y’uko abakunzi be bamwibasiye bikomeye, bamwe banamutera ubwoba bavuga ko bazahagarika...
Aimé Uwimana ufatwa nka sekuru w'abaramyi bo mu Rwanda, yakoze mu ngazo azirikana ubuntu n'urukundo by'Umukiza. Ni mu ndirimbo yengetse yise "Ku Meza y'Umwami" yaryoheye benshi, bituma bamwe abakumbura gutaramana nawe mu gitaramo cye bwite. Mu ndirimbo shya...
Mu buzima bwa buri muhanzi inkuru itangirira, rimwe na rimwe idasanzwe. Ku muraperi Nuru Fassassi, wamamaye mu muziki nyarwanda nka Diplomat, amateka ari inyuma y’amagambo y’indirimbo ze menshi ashingiye ku mibereho y’abamubyaye- Nyirakuru na Nyina, abahindutse urufatiro rw’inganzo...
Umuhanzi Red Banton yasabye Lilian Mbabazi, umubyeyi w’abana ba nyakwigendera Mowzey Radio, gutegura umuhango wo kwibuka nyakwigendera Mowzey. Uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo nka “Nonya Money” n’izindi zitandukanye yavuze ko Mowzey Radio yamubonekeye mu nzozi amusaba ko yakorerwa...