Kayigire Josue uzwi nka Afrique yashyize ku mugaragaro album ye ya mbere yise “In2Stay”, irimo indirimbo 12 zigaragaza urugendo rwe mu muziki n’ubuzima bwe bwite. Muri zo, harimo iyitwa “Alhamdulillah”, ivuga ku munsi wamuteye kugera mu butabera. Mu...
Mu gihe hasigaye ibyumweru bicye ngo hamenyekane abegukana ibihembo bya Mashariki Film Festival 2025, abakinnyi ba filime Uwamahoro Antoinette na Tuyisenge Valens bamaze kugaragaza ubudahangarwa mu majwi y’abakunzi ba sinema mu cyiciro cya “People’s Choice Awards”, aho abatorwa...
Umuziki wa Nigeria umaze kugera ku rwego mpuzamahanga. Icyatangiye nk’injyana y’abaturage isanzwe, cyabaye uruhurirane rw’injyana zitandukanye zigaruriye isi, zerekana uburyo umuziki wa Afurika ushobora guhindura amateka. Ibi bigaragarira neza muri Grammy Awards, ibihembo bikomeye ku isi mu muziki....
Itsinda rigizwe n’abasore batatu, B2C Entertainment, ryatangaje ko urubyiniro atari ahantu ho kwishimisha gusa, ahubwo ari umwanya wo gusabana n’abafana no kubaha ibyishimo nyabyo baba bategereje. Mu gihe baganiraga ku gitaramo cyabo kiri imbere, aba basore bagaragaje ko...
Umuhanzi Kitoko wamamaye mu njyana ya Afrobeat mu Rwanda yageze i Kigali avuye mu Bwongereza aho yari amaze imyaka 12 atuye akaba ahavanye n’impamyabumenyi ya Kaminuza muri Politiki. Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, tariki ya 9, Ugushyingo...
Umuhanzi w’Umunya-Nigeria, David Adedeji Adeleke, wamamaye nka Davido, bivugwa ko ashobora kuba arimo gutegura igitaramo gikomeye muri Uganda. Umwe mu bahanzi bafite izina rikunzwe cyane muri Afurika n'iburayi Davido, bivugwa ko ari umwe mu bahanzi batumiwe muri Uganda...
Umuhanzi w’inararibonye akaba yarahoze ari Visi Perezida wa Firebase Crew, Buchaman,yongeye kugaragaza akababaro n’umujinya aterwa n’uko abantu yafashije kwamamara mu muziki batakimwibuka, by’umwihariko Eddy Kenzo, umuyobozi wa Big Talent Entertainment. Nk’uko Buchaman abivuga, yagize uruhare rukomeye mu kwamamara...
Umuhanzi Mr. Lee, umwe mu bagize itsinda B2C Entertainment, yasobanuye ibivugwa ko iri tsinda riri mu marembera yo gutandukana, ahamya ko ayo makuru adafite ishingiro. Ibi abigarutseho nyuma y'ibihuha bimaze iminsi bikwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga bivuga itsinda abarizwamo...
Umuraperi Bruce The 1st uri mu banyempano bari kumenyekana mu muziki nyarwanda, yatangaje ko agiye gushyira hanze Album ye ya mbere yise T.O.N (Top Or Nothing), umushinga afata nk’“imfura”. N'umuzingo (Album) ugizwe n’indirimbo 13, zose zigaragaza uburyo uyu...
Element uri mu bahanzi bakuzwe mu muziki w’u Rwanda, agiye guhurira na Kizz Daniel mu gitaramo kizabera muri Suède ku wa 8 Ugushyingo 2025. Ni igitaramo kizabimburira uruhererekane rw’ibyo uyu muhanzi agiye gukorera mu bihugu binyuranye by’i Burayi...