Umuhanzi David Lutalo yatangaje amagambo akomeye ashyigikira Eddy Kenzo n’Ishyirahamwe ry’Abahanzi ba Muzika muri Uganda (UNMF), nyuma y’aho bamwe mu bategura ibitaramo batangaje ko bagiye guhagarika Kenzo n’abandi bahanzi bafitanye isano na UNMF mu bitaramo byabo. Abo bategura...
Mu kiganiro akuze gukora gake cyane kuri Instagram Live, umuririmbyi w’icyamamare Wizkid ytangaje indirimbo nshya agiye gushyira hanze vuha, yahuriyemo n’umuhanga mu njyana ya Afrobeats, Young Jonn. Uyu muhanzi wahawe igihembo cya Grammy akomeje kuba urugendo rwo gukorana...
Mu rwego rwo gukomeza kugeza inyigisho za Kiliziya Gatolika ku rubyiruko cyane cyane urukoresha imbuga nkoranyambaga, Kiliziya Gatolika yahamagaje i Roma bamwe mu bapadiri bamamaye ku mbuga nkoranyambaga kubera imyitwarire ituma bakurikirwa cyane. Abo bapadiri bamenyekanye cyane ku...
I Kigali, kuri uyu wa 28 Nyakanga 2025, Perezida Paul Kagame afatanyije n’umunyemari Masai Ujiri, bafunguye ku mugaragaro Zaria Court Kigali. Iyo nyubako y’icyitegererezo yuzuye itwaye asaga miliyoni 25 z’amadolari ya Amerika, . Ibirori byo gufungura iyi nyubako...
Perezida Paul Kagame na Masai Ujiri wahoze ari perezida w'ikipe ya Toronto Raptors yo muri Canada bashishikarije urubyiruko rwa Afurika rubarirwa mu bihumbi rwateraniye i Kigali ko rukwiye guteza imbere umugabane w'Afurika no gukora ibikorwa birugira igihangange. Bamwe...
Mu gihe hasigaye iminsi ibarirwa ku ntoki (9) ngo hatangire Imurikagurisha Mpuzamahanga i Kigali, abacuruzi, abashoramari, ndetse n’abaturage b’u Rwanda n’abaturutse impande zitandukanye z'ibihugu barimo gutegura uko bazaryitabira. Iri murikagurisha rizabera ahasanzwe hakorerwa ibikorwa nk’ibi i Gikondo, ryateguwe...
Komisiyo y’Igihugu y’itangazamakuru (Rwanda Media Commission – RMC) igiye kugira uruhare rukomeye mu igenamigambi ry’ubuyobozi bw’itangazamakuru ku rwego rw’Afurika, binyuze mu nshingano nshya yahawe zo guhagararira inama z’abanyamakuru bo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba (EAC) mu buyobozi bw’Umuryango...
Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda no mu karere, Jose Chameleone, yageze i Burundi ku wa 17 Nyakanga 2025 aho yagiye gutaramira abakunzi be, ahabwa ikaze ryuje urugwiro. Chameleone wari wambaye umupira uranga urukundo rw'iki gihugu cy’u Burundi kuko wariho...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Umutoni Sandrine, yasabye abitabiriye Ubumuntu Arts Festival 2025 ko umuco ukwiye kubumbatirwa, kuko ari wo mutungo w’ingenzi ku banyafurika ndetse n’Isi muri rusange bifitiye. Yabitangaje ku wa 17 Nyakanga 2025,...
Miss Nishimwe Naomie, wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2020, yahagurukiye amagambo amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga, yibasira umugabo we Michael Tesfay, bamwe bavuga ko yakennye no kugenda mu modoka rusange. Miss Naomie yabwiye abavuga umugabo...