Umuyobozi wa Big Talent Entertainment, Eddy Kenzo, aratangaza ko icyemezo gikomeye yafashe mu mwuga we w’umuziki: aho yanze gusinya amasezerano yatanzwe n’ama label akomeye ku isi, arimo Sony Music, Warner Music, Disney, na Universal Music Group. Kenzo avuga...
Sheebah Karungi yasabye abagabo gushyira imbere kubaka cyangwa gukodesha amazu yabo bwite niba bashaka gukomeza kubahwa mu mubano wabo. Ibi abivuze nyuma y'uko mu byumweru bishize umupasiteri wo muri ikigihugu avuze ko Sheebah Karungi atwite inda ya Sekibi....
Ndayishimiye Samson Perezida w'ishyirahamwe ry'umukino w'amagare mu Rwanda FERWACY, aratangaza ko isinganwa ry'amagare ngarukamwaka mu Rwanda rizenguruka mu bice bitandukanye by’igihugu rya Tour du Rwanda risanzwe riri ku rwego rwa 2,1 kuva muri 2019, rishobora kuzamurirwa urwego rikaba...
Mu gihe umuziki nyarwanda ukomeje gutera imbere, bamwe mu bahanzi bawugize bagenda bahura n'imbogambizi zitandukanye zitari mu ruganda rw’imyidagaduro. Umuhanzi Yampano, wamenyekanye mu indirimbo zitandukanye, yahuye n’ihungabana rikomeye nyuma y’uko amashusho ye y’urukozasoni yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga. usibye...
Mu gihe umuziki nyarwanda ukomeje guhindura isura, hari abahanzi bahisemo kudasiga umuco n’amateka y’abenegihugu inyuma. Muri abo harimo Yvan Muziki, umuhanzi ukora injyana gakondo wiyemeje gusigasira “Inganzo” nyayo y’u Rwanda, binyuze mu bihangano bifite umuco n’ubutumwa. Kuri ubu,...
Umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo, Christopher Muneza yashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga busaba abantu kujya batekereza kabiri mbere yo gushyira ibitekerezo n’amafoto kuri konti zabo, agaragaza impungenge ku buryo imbuga nkoranyambaga ziri kugira ingaruka ku bana bato. Abinyujije kuri...
Umuhanzi Mark Bugembe wamamaye ku izina rya Buchaman, yatangaje amakur nyuma y’indirimbo ya Bobi Wine na Juliana Kanyomozi yitwa “Taata Wabana”, avuga ko uburyo iyo ndirimbo yakozwe mu buryo bwuzuye amarangamutima n’ubuzima bwo muri ghetto. Buchaman yavuze ko...
Eddy Kenzo, yagaragaje ibyishimo yinshi nyuma yo kumenya ko indirinbo ye yise “Hope and Love” yakoranye n’umuhanga mu gukora umuziki wo muri Iraki, Mehran Martin, yahawe igihembo cya Grammy Awards. Kenzo yavuze ko ayo makuru yayamenye bitunguranye ubwo...
The Ben na Bruce Melodie bashyize umukono ku masezerano y’imikoranire, bemeranya gufatanya mu bitaramo bitandukanye bahereye kuri “The New Year Groove”, The Ben ateganya mu mpera z’uyu mwaka. Ni amasezerano yashyiriweho umukono mu rugo rwa Coach Gael wari...
Nyuma y’imyaka irindwi amaze akora umuziki, Amalon yavuze ko agiye gushyira hanze album ye ya mbere, ateganya gusohora bitarenze Mutarama 2026. Iyi album Amalon ahamya ko amaze igihe akoraho yabwiye IGIHE ko indirimbo zose ziyigize yamaze kuzitunganya ku...