Gisa cy'Inganzo yatangaje ko ageze ku rwego rwo gusohorera icya rimwe indirimbo ebyiri mu kwezi kumwe, avuga ko ari uburyo bwo guharanira icyubahiro n'umwanya we yari yaratakaje igihe yari mu bibazo bitandukanye adakora umuziki. Gisa cy'Inganzo yabigarutseho nyuma...
Nyuma yo gusubukura urugendo rwa kazi muri Kenya aho yahuye n’ubuyobozi bwa Universal Music Group iherutse ku girana na Ariel Wazy amasezerano, ubu Ariel yasubiye muri Keny aho agiye kumarayo icyumweru mu bikorwa bya muzika. Ibi byari byitezwe...
Urwego rw’ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB) ruratangaza ko rwamaze guta muri yombi Ishimwe Francois Xavier ukekwaho gukwirakwiza amashusho ya Yampano aryamanye n’umugore aho yasabaga amafaranga ngo ayabahe. Dr Murangira B. Thierry umuvugizi wa RIB avuga ko kuwa 18 Ugushyingo...
Umuhanzi wo muri Nijeriya, Burna Boy, yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo guhagarika igitaramo cye cya No Sign of Weakness ubwo yari mu Mujyi wa Denver, muri Leta ya Colorado. Ibi byabereye ahitwa Red Rocks Amphitheatre,...
Kuri uyu wa 23 Ugushyingo 2025, umuhanzi Mikie Wine yatangaje uruhande rwe rutari rusanzwe ruzwi n’abafana be. Mu kiganiro ( interview), uyu muhanzi wo muri Fire Base Crew yasabwe kuvuga uruhande rwe rutazwi cyangwa ubushobozi abantu batazi ko...
Umuhanzi mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Uwiringiyimana Theogene uzwi nka Theo Bosebabireba, yashyize hanze amashusho avuguruye y’indirimbo "Mukunzi mwiza" avuga ko itangije umushinga wo gusubiramo amashusho y'indirimbo ze za kera mu buryo bujyanye n'igihe tugezemo. Mu...
Prophet Bishop Sibomana Samuel agiye gukora igiterane gikomeye kizabera muri Uganda, akaba yaragitumiyemo Israel Mbonyi ufite izina rikomeye mu Rwanda no mu Karere mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana. Iki giterane cyateguwe mu rwego rwo gutaha ku...
Itsinda rigizwe n'abasore batatu, B2C Soldiers, ryagaragaje ko umwaka wa 2025 wabagendekeye neza mu muziki, nubwo hari abafana bamwe batishimiye uko iri tsinda ritashyize hanze indirimbo nyinshi zigezweho. Mu kiganiro yagiranye na Galaxy TV, umwe mu bagize iri...
Umuhanzikazi Gloria Bugie nyuma yo gushinjwa kujya mu rukundo n'abagabo bashatse, ibi birego yabite utwasti, ndetse asobanura impamvu ituma atajya mu rukundo n’umugabo ufite umugore. Nubwo indirimbo ze zirimo gukundwa cyane nk'uko abyifuza ariko Gloria ntigeze atuza kubera...
Kim Kardashian yaguze Bibiliya ya se Robert Kardashian mu ibanga nyuma yo gutsinda cyamunara yari ihanganyemo n’umuryango wa O.J. Simpson Kim Kardashian yangaje ko yaguze Bibiliya y’umubyeyi we Robert Kardashian, wahoze mu itsinda ryunganiraga O.J. Simpson wamamaye muri...