Ku wa 16 Kanama 2025 mu karere ka Rubavu kuri stade ya Nengo hagiye gusorezwa Iserukiramuco rya Mtn Iwacu na Muzika ririmo abahanzi barindwi. Abafana b'umuziki nyarwanda bageze kuri Stade ya Nengo iri ku muhanda ukora ku kiyaga...
Pasiteri Wilson Bugembe arateganya gukomeza gukora umuziki no gutegura ibitaramo bizibukwa kugeza ageze ku myaka 60. Mu myaka makumyabiri ishize, Pasiteri Wilson Bugembe yakomeje gukora indiribo ku buryo buhoraho, ashimisha abantu n’indirimbo ze zubaka kandi zitanga ubutumwa, zinateza...
Indirimbo 25 zikomeye za Afrobeats zasize izina mu muco w’imyidagaduro w’igihugu kandi zigira uruhare mu kwagura umuziki wa Nigeria imbere mu gihugu no ku rwego mpuzamahanga. Umwaka wa 1999 uzwi nk’igihe cyatangiriyeho umuziki wa pop wa Nigeria iki...
Weasel Manizo nyuma y'iminsi itanu arwariye mu bitaro bya Nsambya yatashye aho azakomeza kwitabwaho n'abaganga. Weasel Manizo yagiye kurwarira mu rugoNyuma y'iminsi itanu Weasel Manizo avurirwa imvune y'amaguru mu bitaro bya Nsambya, kuri ubu yagiye kurwarira mu rugo....
Ubukwe bwa Davido na Chioma bukomeje kuvugisha benshi nyuma y’uko bubereye I Miami muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika. Ni ubukwe bwabaye ku wa 11 Kanama 2025 bwitabirwa n’abaherwe, abayobozi ba za Leta zo muri Nigeria n’abahanzi babanye neza...
Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi yashyizeho komite ishinzwe gutoranya filime zo mu Rwanda zizajya zihatanira ibihembo bya’Oscars’. Ni itangazo ryashyizwe ku mbuga nkoranyambaga z’iyi minisiteri yaragijwe guteza imbere urubyiruko n’ubuhanzi. Ku wa 11 Kanama 2025 nibwo iriya minisiteri yageneye...
Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Kasirye Martin uzwi cyane nka MC Tino, yatangaje uko umunya-Nigeria Ayra Starr yamuhaye amadorali ubwo bari bahuriye muri ‘Back Stage’ avuye gufasha The Ben ku rubyiniro mu gitaramo cyabaye ku iserukiramuco rya Giants of Africa....
Umuhanzikazi Bwiza Emerance, uzwi nka Bwiza, yatangaje ko ari mu myiteguro y’ibitaramo bikomeye bizazenguruka ibihugu bitandukanye ku isi, bizwi nka “World Tour”. Ni ubwa mbere agiye gutangira gahunda nk’iyi, igamije kumufasha kumenyekanisha ibihangano bye no kwagura isoko ry’umuziki...
Umuhanzikazi Spice Diana, arakangurira abantu bakora mu ruganda rw’imyidagaduro kumenya no guha agaciro umuryango no kuwufata nk’ingenzi, kuko ari isoko y’ihumure n’inyungu mu bihe bitoroshye. Nubwo kugeza ubu atarabona umwana we bwite, Spice Diana avuga ko kubyara ari igice...
Umuhanzi w'icyamamare w’Umunyamerika Morgan Wallen yongeye kwicara ku mwanya wa mbere ku rutonde rwa Billboard 200 ku nshuro ya 10, nubwo atari ibyumweru bikurikiranye byose. Abikesha album ye nshya 'I’m the Problem' Nk’uko bitangazwa na Luminate, mu cyumweru...