Urupfu rwa Gloriose Musabyimana wamamaye nka Gogo ruri kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga, aho bivugwa ko hanabuze amafaranga yo kuzana umubiri wa nyakwigendera. Benshi bakibaza aho amafaranga yavaga mu bitaramo yamaze iminsi akorera aho yaba yaragiye. Gloriose wamamaye...
Umuhango wo Kwita Izina wahuje ibyamamare bikomeye ku rwego mpuzamahanga, birimo Yemi Alade, Mathieu Flamini wahoze akinira Arsenal, na Javier Pastore wahoze akinira ikipe y’igihugu ya Argentine. Aba banyacyubahiro baje ku bufatanye bw’ikipe ya Arsenal na RDB ndetse...
Kenya yatangaje ubusabe bwo kwakira bwa mbere mu mateka ibirori bikomeye bya Grammy Awards bizabera ku mugabane wa Afurika. Perezida William Ruto ni we watangaje ku mugaragaro iki gitekerezo mu nama y’abaturage yabereye kuri Kenyatta International Convention Centre...
Umwanditsi w'indirimbo akaba n’umuririmbyi Joshua Baraka yongeye kuvugwa mu bitangazamakuru, nyuma yo kugera ku rwego rukomeye mu rugendo rwe rwa muzika. Uyu muririmbyi w’Umunya-Uganda ufite ijwi rituje , yabaye umuhanzi wa mbere wo muri Uganda ufite abantu basaga...
Gloriose Musabyimana wamenyekanye nka Gogo waririmbaga indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, wamamaye mu ndirimbo "Blood of Jesus", yitabye Imana. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 04 Nzeri 2025 ni bwo hamenyekanye inkuru y'urupfu rwa Gogo...
Umuhanzikazi Rahmah Pinky yatangaje uko afata Cindy Sanyu na Sheebah Karungi, agaragaza itandukaniro ryabo mu muziki no mu mico. Mu kiganiro cyaciye kuri podcast, Pinky yavuze ko n’ubwo akunda imyitwarire ya Sheebah, ariko indirimbo za Cindy arozo za...
Umunya - uganda uzwi cyane kuri TikTok no mu gukora ibihangano kuri murandasi, Zayra Baby, yashyize ahagaragara impamvu yatumye atagaragara kuri murandasi mu mezi make ashize. Abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram , Zayra Baby wamenyekanye mu bikorwa...
Umunyarwenya wo muri Uganda, Patrick Salvado, yashyize umucyo ku makuru maze gihe avugwa ku mugore we, Daphine Frankstock, ubu utuye muri Canada, avuga ko ameze neza kandi yishimye, nubwo hari hashize igihe havugwa ibihuha bitandukanye. Mu mpera za...
Umuhanzi w’imideli wo muri Uganda, Mr. Wind, witwa John Mukwaya, yavugishije abantu nyuma yo gutera umwuka mubi ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru ashinja Bebe Cool na Bobi Wine ibintu bikomeye. Mu kiganiro yagiranye na Spark TV, uy'umuhanzi...
Indirimbo “See You Tonight” ya Cindy Sanyu yafatanyijemo na Omega 256, yatagiye kwerekanwa ku itariki ya 17 Kanama 2025, n’indirimbo imaze kurebwa n’abasaga miliyoni 2 kuri YouTube. Amashusho yayo yashyizwe ahagaragara kuri konti ya YouTube ya Omega 256...