• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Biravugwa ko Juliana Kanyomozi atwite

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
December 8, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Umuririmbyi w’Umunyuganda akaba n’umukinnyi wa filime, Juliana Kanyomozi, uzwi cyane ku izina rya “People’s Princess,” hari amakuru avuga ko yaba atwite.

Ibi byatangajwe n’abakurikirana ibikorwa bye byahafi, nyuma yo ku mubona afite imyitwarire nk’iya bagore batwite mu birori aheruka kugaragaramo vuba aha.

Amakuru aturuka mu gace icyi cyamamare gituyemo avuga ko ashobora kuba atwite inda y’amezi atatu kuri ane. Umwe mubaturanye nawe avuga ko uyu muhanzi ashobora kuba atwite.

Ati: “Birashoka ko yaba atwite inda y’amezi atatu cyagwa ane ku ko amaze igihe afite imyitwarire itandukanye.” 

Andi makuru avuga ko takirya bimwe mu byokurya yakundaga cyane, ibirimo imineke, ifiliti, nyama n’ibindi bitandukanye kandi nyamara ibyo byose yarabikunda ku buryo bitashoboraga kwira atabiriye.

Juliana akunze kugira ubuzima bwite, aho na n’umuntu uzi umugabo bashakanye, amakuru amwerekeyeho akanzu ku yagira ubwiru bukomeye, n’iyo agaragaye mu ruhame usanga afite umwihariko.

N’abaturanyi be bavuga ko nabo bafite amakuru make ku buzima bwe bwa buri munsi. Kuruhande rwa bafana be bakomeje kumwifuriza ibyiza.

Previous Post

Kalimpinya Queen yegukanye shampiyona y’igihugu yo gusiganwa mu modoka 2025

Next Post

Ishyingiranwa hagati ya Diamond Platnumz na Zachu ryogeye kuvugisha abatari bake

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

by MUNYANKINDI Alphonse
1 hour ago

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Patient Bizimana, ari mu myiteguro yo kumurikira album ye nshya i Kigali, nyuma...

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kinini, Belle 9ice (Ingabire...

Next Post
Ishyingiranwa hagati ya Diamond Platnumz na Zachu ryogeye kuvugisha abatari bake

Ishyingiranwa hagati ya Diamond Platnumz na Zachu ryogeye kuvugisha abatari bake

Wari uzi ko siporo yo kwiruka ifasha mu kurwanya umuhangayiko?

Wari uzi ko siporo yo kwiruka ifasha mu kurwanya umuhangayiko?

Trump yagaragaje impungenge ku kugurwa kwa Warner Bros na Netflix, asaba isuzuma ryimbitse

Trump yagaragaje impungenge ku kugurwa kwa Warner Bros na Netflix, asaba isuzuma ryimbitse

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali
Imyidagaduro

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?
Mu mahanga

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.