• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Tuesday, June 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Patrick Salvado yashyize umucyo ku makuru amaze igihe avugwa ku mugore we Daphine

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
September 5, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Umunyarwenya wo muri Uganda, Patrick Salvado, yashyize umucyo ku makuru maze gihe avugwa ku mugore we, Daphine Frankstock, ubu utuye muri Canada, avuga ko ameze neza kandi yishimye, nubwo hari hashize igihe havugwa ibihuha bitandukanye.

Mu mpera za 2024, hakwirakwiye inkuru zivuga ko Daphine yaba yaragiye rihishwa muri Canada, asize Salvado n’abana babo, agamije gushakira ubuzima bwiza muri iki gihugu.

Ariko Salvado yasobanuye ko icyemezo cyo kwimukira muri Canada cyafashwe n’impande zombi, gishingiye ku byifuzo by’umugore we, atari ibibazo by’urugo.

Yagize ati: “ Gushaka ubuzima bwiza ntibivuze ko hari ibibazo by’umuryango. Njye nshobora kuba narimo gukora neza, ariko umugore wanjye we ntabibone neza, agahitamo kujya gukorera umuryango mu kindi gihugu. Hari icyo mwumvise yaburaga mu buzima bwe cyagwa ubushyamirane hagati ye nanjye.”

Yongeyeho ko kuba ari icyamamare muri Uganda byamubereye imbogamizi mu gushakira umugore we akazi, kuko abashakaga kumukoresha batinyaga bavuga ko byazagira ingaruka mu gihe batamufashije.

Yagize ati: “ Ntibyanyoroheye kubona akazi k’umugore wanjye hano kuko abashaka ku mukoresha batinyaga bavuga ko nzabashyira ku karubanda nibamufata nabi kubera izina ryanjye. Ahubwo izina ryanjye rya mubereye inzitizi, bituma nta mahirwe abona.”

Ku bw’iyo mpamvu, ndetse n’inama y’abavandimwe ba Salvado basanzwe baba mu mahanga, Daphine yafashe icyemezo cyo kwimukira muri Canada. Uyu muhanzi avuga ko iki cyemezo cyabahaye ituze n’ubwumvikane mu rugo rwabo.

Ati: “Ameze neza, arishimye, kandi ibibazo twagiraga mu rugo ubu byarashize. Ubu turi mu bihe byiza cyane.”

Previous Post

Umuhanzi Mr. Wind yikomye Bebe Cool na Bobi Wine

Next Post

Zayra Baby yashyize ahagaragara impamvu yatumye atagaragara cyane kuri murandasi

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
3 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Zayra Baby yashyize ahagaragara impamvu yatumye atagaragara cyane kuri murandasi

Zayra Baby yashyize ahagaragara impamvu yatumye atagaragara cyane kuri murandasi

Rahmah Pinky yatangaje uko afata Cindy na Sheebah

Rahmah Pinky yatangaje uko afata Cindy na Sheebah

Gloriose Musabyimana wamamaye nka Gogo yitabye Imana

Gloriose Musabyimana wamamaye nka Gogo yitabye Imana

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.