Ntimwemere uburozi muri Kisoro: Perezida Museveni avuga ku madini n’amoko
Ubu butumwa yabutanze kuri uyu wa 12 Ugushyingo 2024 ubwo yari yagiye gushyigikira umukandida w’ishyaka NRM ku mwanya w’umudepite akaba n’umujyanama we mu bijyanye n’ubuhinzi, Rose Kabagyeni.









