Trump na von der Leyen basinyanye amasezerano y’ubucuruzi hagati ya Amerika n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU)
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko we n’Ubumwe bw’u Burayi (EU) bamaze kugera ku masezerano agamije gukemura ibibazo by’ubucuruzi byari bimaze amezi ane byugarije impande zombi, ndetse bikaba byari hafi guteza intambara y’ubucuruzi yahungabanya ubukungu bw’isi. Ayo masezerano yagezweho nyuma...









