• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

MUNYANKINDI Alphonse by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi zo kuramya no guhimbaza Imana Richard Nick Ngendahayo nyuma yo gukora igitaramo kikitabirwa n’abantu benshi ndetse umubare w’abihana ukiyongera yafashe icyemezo ntakuka cyo kongera kugaruka gutaramira abanyarwanda.

Iki gitaramo cyabaye ku itariki ya 29 Ugushyingo 2025, cyahishuye ishusho nyakuri y’urukundo uyu muhanzi akunzwe mu rugando rw’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana.

Richard Nick Ngendahayo yanyuzwe n’uburyo abanyarwanda bamwakiriye afata icyemezo cyo kongera kugaruka gutaramira mu Rwanda

BK Arena yari yakubise yuzuye abakunzi be bari baje kureba uyu muhanzi nyuma y’imyaka 17 adakandagiza ikirenge ku butaka bw’u Rwanda. Bamufashije kuririmba indirimbo ze zikunzwe cyane zirimo Niwe, Ibuka n’izindi.

Muri iki gitaramo abantu bagera kuri 503 barihannye bizamura amarangamutina ya Richard Nick Ngendahayo bituma yifuza kongera kugaruka gutaramira abanyarwanda mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana.

Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru nyuma yo gusoza igitaramo, Umuhanzi Richard Nick Ngendahayo yatangaje ko yanyuzwe cyane ariko by’umwihariko kubari bamaze kwihana bakiriye agakiza bagera kuri 503.

Kubw’ibihe byiza yagize yabwiye itangazamakuru ko abanyarwanda bagomba kwitegura kugaruka kwe. Akaba yarabwiye itangazamakuru ko agiye kuvugana na BK Arena kugira arebe uko yafata gahunda hakiri akazaza gutaramira abanyarwanda ku itariki ya 1/1/2027.

Previous Post

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

Next Post

 “Ndi Mama Wawe… Sinapfuye!” – Umugore bivugwa ko yiyitirira umuhanzi w’icyamamare

MUNYANKINDI Alphonse

MUNYANKINDI Alphonse

IZINDI NKURU WASOMA

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
15 hours ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

by Alex RUKUNDO
2 days ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kinini, Belle 9ice (Ingabire...

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

Miss Mutesi Jolly yatashye inzu y’akataraboneka yujuje i Kigali

by Alex RUKUNDO
2 days ago

Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly, yashyize ahagaragara amashusho y’iminota itanu n’amasegonda 38’ agaragaza inzu ye nshya aherutse kuzuza i...

Next Post
 “Ndi Mama Wawe… Sinapfuye!” – Umugore bivugwa ko yiyitirira umuhanzi w’icyamamare

 “Ndi Mama Wawe… Sinapfuye!” – Umugore bivugwa ko yiyitirira umuhanzi w’icyamamare

Bosco Nshuti na Noel Mutangoma bahuriye mu indirimbo imwe ‘Isezerano

Bosco Nshuti na Noel Mutangoma bahuriye mu indirimbo imwe 'Isezerano

Element Eleeeh yatangaje iserukiramuco rishya ry’ibitaramo bizenguruka u Bulayi

Element Eleeeh yatangaje iserukiramuco rishya ry’ibitaramo bizenguruka u Bulayi

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka
Imikino

Umuhanzi utabona agiye kwitabira irushanwa ryo kwiruka

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027
Uncategorized

Drake agiye gukorera igitaramo i Kigali 2027

by Alex RUKUNDO
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.