• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

MUNYANKINDI Alphonse by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi zo kuramya no guhimbaza Imana Richard Nick Ngendahayo nyuma yo gukora igitaramo kikitabirwa n’abantu benshi ndetse umubare w’abihana ukiyongera yafashe icyemezo ntakuka cyo kongera kugaruka gutaramira abanyarwanda.

Iki gitaramo cyabaye ku itariki ya 29 Ugushyingo 2025, cyahishuye ishusho nyakuri y’urukundo uyu muhanzi akunzwe mu rugando rw’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana.

Richard Nick Ngendahayo yanyuzwe n’uburyo abanyarwanda bamwakiriye afata icyemezo cyo kongera kugaruka gutaramira mu Rwanda

BK Arena yari yakubise yuzuye abakunzi be bari baje kureba uyu muhanzi nyuma y’imyaka 17 adakandagiza ikirenge ku butaka bw’u Rwanda. Bamufashije kuririmba indirimbo ze zikunzwe cyane zirimo Niwe, Ibuka n’izindi.

Muri iki gitaramo abantu bagera kuri 503 barihannye bizamura amarangamutina ya Richard Nick Ngendahayo bituma yifuza kongera kugaruka gutaramira abanyarwanda mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana.

Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru nyuma yo gusoza igitaramo, Umuhanzi Richard Nick Ngendahayo yatangaje ko yanyuzwe cyane ariko by’umwihariko kubari bamaze kwihana bakiriye agakiza bagera kuri 503.

Kubw’ibihe byiza yagize yabwiye itangazamakuru ko abanyarwanda bagomba kwitegura kugaruka kwe. Akaba yarabwiye itangazamakuru ko agiye kuvugana na BK Arena kugira arebe uko yafata gahunda hakiri akazaza gutaramira abanyarwanda ku itariki ya 1/1/2027.

Previous Post

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

Next Post

 “Ndi Mama Wawe… Sinapfuye!” – Umugore bivugwa ko yiyitirira umuhanzi w’icyamamare

MUNYANKINDI Alphonse

MUNYANKINDI Alphonse

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
 “Ndi Mama Wawe… Sinapfuye!” – Umugore bivugwa ko yiyitirira umuhanzi w’icyamamare

 “Ndi Mama Wawe… Sinapfuye!” – Umugore bivugwa ko yiyitirira umuhanzi w’icyamamare

Bosco Nshuti na Noel Mutangoma bahuriye mu indirimbo imwe ‘Isezerano

Bosco Nshuti na Noel Mutangoma bahuriye mu indirimbo imwe 'Isezerano

Element Eleeeh yatangaje iserukiramuco rishya ry’ibitaramo bizenguruka u Bulayi

Element Eleeeh yatangaje iserukiramuco rishya ry’ibitaramo bizenguruka u Bulayi

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.