• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, June 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Kwishora mu bikorwa bitari byiza ntibikwiye mu Rubyiruko – Ronald Mayinja

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 28, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi Ronald Mayinja, yagiriye inama urubyiruko ikomeye kandi yuzuyemo ubuhanga, aho yavuze ko rukwiye kwirinda ibiyobyabwenge n’ibishuko no kwitwara neza mu busore bwabo binyuze mu kwizerwa no kuba ndetse bakiyubaha, harimo no gufata ibyemezo bifatika kandi bifite intego.

Muri ubu butumwa, Mayinja yagarutse ku kibazo gikomeje kugaragara mu rubyiruko rwinshi rwuzuye mu magororero, yavuze ko benshi bisanga mu minyururu ( bafunzwe ), kandi batumva uburemere bw’ibyaha bakoze ko aribyo bibagejeje mu buroko.

Mayinja ati: “Nubwo imbaraga z’urubyiruko arimbaraga z’igihugu, ariko ntabwo bikwiye kubona umwana ukiri muto kandi ufite impano ishobora kumugeza kure ayagiza, akishora mu biyobyabwenge.

Yongeyeho ati: “Abenshi mu rubyiruko bari muri gereza. Igiciro cy’ubusore kizana byinshi byiza cyagwa bibi bitewe n’imyazuro ufata mu buzima bwawe yewe ndetse nejo hazaza ugirwahi n’igaruka z’imyanzuro wafasha mu bihe byashize.

Iyo ufashe imyanzuro itari myiza ishobora kugushora mu bikorwa bitari byiza ibyo harimo kurwana, kwaba, kwica no kunywa ibiyobyabwenge n’ibindi byinshi bitandukanye, bityo bikabaviramo gufugwa n’ibindi byago binyuranye. Iyo tbivuyemo kare uhora imyanzuro wafashe.”

Ikiganiro yangiranye n’Impinga ku muyoboro wa telefoni yabnjijwe impamvu akunze kwiband ku rubyiruko, yagize ati: “Urubyiruko ni amaboko y’igihugu kandi twibuke neza ko ejo arirwo ruzavamo abayobozi, aribo tuzasigira igihugu usibye n’ibyo nkunda urubyiruko. 

Yashimagiye ko urubyiruko rukwiye kwiga gutekereza ku hazaza harwo, rugafa ibyemezo bitabangamira ejo hazaza harwo. Mayinja kandi yataze umuburo ku ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge no gukoresha imvugo z’urukozasoni.

Ati: “Ni iki cyatuma ugera mu zabukuru waramugaye? ndabasaba kwirinda no gusigasira imyaka y’ubusore bwanyu, mutijanditse mu bikorwa bitari byiza bishobora kubajyana muri gereza. ndetse mwibande ku kwirinda ibiyobyabwenge n’imvugo z’urukozasoni.”

Ubu butumwa yabunze agamije gushishikariza urubyiruko kubaho rufite intengo, rwirinda inzira zishobora kwagiza ejo hazaza habo. Ronald Mayinja si ubwa mbere agira inama urubyiruko kuko no mu bihe byashize yarugiriye inama.

Ubutumwa bwe bugamije gukangurira urubyiruko kubaho rufite intego, rwirinda inzira zibangamira ejo harwo hazaza.

Previous Post

Umuhanzi Clever J yakoze impanuka ikomeye

Next Post

Bobi Wine yahamije ko we na Barbie batari inshuti ubwo bahuraga bwa mbere

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
4 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Bobi Wine yahamije ko we na Barbie batari inshuti ubwo bahuraga bwa mbere

Bobi Wine yahamije ko we na Barbie batari inshuti ubwo bahuraga bwa mbere

Sheilah Gashumba agiye gutangiza umwuga we wo kuvanga imiziki (DJ) mu Rwanda mu kwezi gutaha

Sheilah Gashumba agiye gutangiza umwuga we wo kuvanga imiziki (DJ) mu Rwanda mu kwezi gutaha

Kim Kardashian yaneze bikomeye ChatGPT

Kim Kardashian yaneze bikomeye ChatGPT

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.