• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 25, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Kwishora mu bikorwa bitari byiza ntibikwiye mu Rubyiruko – Ronald Mayinja

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 28, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Umuhanzi Ronald Mayinja, yagiriye inama urubyiruko ikomeye kandi yuzuyemo ubuhanga, aho yavuze ko rukwiye kwirinda ibiyobyabwenge n’ibishuko no kwitwara neza mu busore bwabo binyuze mu kwizerwa no kuba ndetse bakiyubaha, harimo no gufata ibyemezo bifatika kandi bifite intego.

Muri ubu butumwa, Mayinja yagarutse ku kibazo gikomeje kugaragara mu rubyiruko rwinshi rwuzuye mu magororero, yavuze ko benshi bisanga mu minyururu ( bafunzwe ), kandi batumva uburemere bw’ibyaha bakoze ko aribyo bibagejeje mu buroko.

Mayinja ati: “Nubwo imbaraga z’urubyiruko arimbaraga z’igihugu, ariko ntabwo bikwiye kubona umwana ukiri muto kandi ufite impano ishobora kumugeza kure ayagiza, akishora mu biyobyabwenge.

Yongeyeho ati: “Abenshi mu rubyiruko bari muri gereza. Igiciro cy’ubusore kizana byinshi byiza cyagwa bibi bitewe n’imyazuro ufata mu buzima bwawe yewe ndetse nejo hazaza ugirwahi n’igaruka z’imyanzuro wafasha mu bihe byashize.

Iyo ufashe imyanzuro itari myiza ishobora kugushora mu bikorwa bitari byiza ibyo harimo kurwana, kwaba, kwica no kunywa ibiyobyabwenge n’ibindi byinshi bitandukanye, bityo bikabaviramo gufugwa n’ibindi byago binyuranye. Iyo tbivuyemo kare uhora imyanzuro wafashe.”

Ikiganiro yangiranye n’Impinga ku muyoboro wa telefoni yabnjijwe impamvu akunze kwiband ku rubyiruko, yagize ati: “Urubyiruko ni amaboko y’igihugu kandi twibuke neza ko ejo arirwo ruzavamo abayobozi, aribo tuzasigira igihugu usibye n’ibyo nkunda urubyiruko. 

Yashimagiye ko urubyiruko rukwiye kwiga gutekereza ku hazaza harwo, rugafa ibyemezo bitabangamira ejo hazaza harwo. Mayinja kandi yataze umuburo ku ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge no gukoresha imvugo z’urukozasoni.

Ati: “Ni iki cyatuma ugera mu zabukuru waramugaye? ndabasaba kwirinda no gusigasira imyaka y’ubusore bwanyu, mutijanditse mu bikorwa bitari byiza bishobora kubajyana muri gereza. ndetse mwibande ku kwirinda ibiyobyabwenge n’imvugo z’urukozasoni.”

Ubu butumwa yabunze agamije gushishikariza urubyiruko kubaho rufite intengo, rwirinda inzira zishobora kwagiza ejo hazaza habo. Ronald Mayinja si ubwa mbere agira inama urubyiruko kuko no mu bihe byashize yarugiriye inama.

Ubutumwa bwe bugamije gukangurira urubyiruko kubaho rufite intego, rwirinda inzira zibangamira ejo harwo hazaza.

Previous Post

Umuhanzi Clever J yakoze impanuka ikomeye

Next Post

Bobi Wine yahamije ko we na Barbie batari inshuti ubwo bahuraga bwa mbere

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

by MUNYANKINDI Alphonse
28 minutes ago

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Patient Bizimana, ari mu myiteguro yo kumurikira album ye nshya i Kigali, nyuma...

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Igihe kirihuta ku bakunzi ba muzika ya Rumba bagikunda kumva indirimbo nka 'Chacun pour soi', 'Show me the way' cyangwa...

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

Biravugwa ko Sat –B yatandukanye na Belle 9ice

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kinini, Belle 9ice (Ingabire...

Next Post
Bobi Wine yahamije ko we na Barbie batari inshuti ubwo bahuraga bwa mbere

Bobi Wine yahamije ko we na Barbie batari inshuti ubwo bahuraga bwa mbere

Sheilah Gashumba agiye gutangiza umwuga we wo kuvanga imiziki (DJ) mu Rwanda mu kwezi gutaha

Sheilah Gashumba agiye gutangiza umwuga we wo kuvanga imiziki (DJ) mu Rwanda mu kwezi gutaha

Kim Kardashian yaneze bikomeye ChatGPT

Kim Kardashian yaneze bikomeye ChatGPT

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali
Imyidagaduro

Patient Bizimana agarukanye “Agakiza” i Kigali

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?
Mu mahanga

Umugore yatewe inda n’abagabo babiri icyarimwe, siyanse ibivugaho iki?

by MUNYANKINDI Alphonse
April 25, 2026
Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto
Uncategorized

Urukundo rushya rwa Abba Marcus imfura ya Cameleone ruri mu mbuto

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026
Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye
Imyidagaduro

Kinshasa: Hongeye kwibukwa urupfu rwa Papa WEMBA ‘umwami wa Rumba’ apfuye

by MUNYANKINDI Alphonse
April 24, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.