• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Isengesho n’ukwizera Imana byafashije kubyara ntabazwe – Martha Mukisa

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 12, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Martha Mukisa, umuhanzikazi wo muri Ugunda, yatangaje ko igihe yari atwite bitari yorohewe, ariko abifashijwemo no gusenga Imana byamuhaye kwihangano no gukomezwa nayo, ndetse bimufasha no kubyara vuba kandi atabazwe.

Martha Mukisa yabyaye muri Gicurasi 2025 umwana w’umukobwa, akaba ari nawe mfura ye. Urugendo rwe rwo kuba umubyeyi rwuzuye ishimwe rikoye cyane ndetse n’ibyishimo byinshi.

Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Xtra Lounge,  uyu muhanzi yavuze ko ubwo yamenyaga ko atwite, yari amze gutegura imishinga myinshi inyanye n’ubuhanzi akora, bityo ngo kubimenyesha itsinda rimufasha (Management) byamubereye imbogamizi ikomeye cyane.

Yongeyeho ko gusama kwe byamuteye kwibaza ibibazo byinshi, birimo kwibaza ko agiye kuba umubyeyi n’uburyo azitwara amaze kubyara, ndetse no kwibaza uburyo azanyura mu bihe bye byo gutwita iyo nda.

Gusa, yavuze ko yiringiye Imana akayisenga ayisaba ko inda ye yazakura neza kandi akayibyara atabazwe, kandi koko Imana yaramwumvise iramusubiza abayara atabazwe. Yasabye bagenzi be b’abagore bari iruhande rwe kugira kwizera ndetse bagasenga Imana ikabafasha ku byara neza. 

Ati: “Nari mfite imigambi myinshi n’itsinda ryanjye, hanyuma nza kumenya y’uko ntwite. byari ibibazo ku bibabwira. Hari n’ibibazo byinshi nibazaga: Nigute zanyura muri ibi bihe byo gutwita? Ni byara  bizagenda bite? Ese ubundi nditeguye? Ubu se nzaba umubyeyi mwiza?.

Ariko Imana yampaye ubutwari, ububabare ndabwihanganira, ibintu byose bikomeza kugenda neza. nagize kubyara ntabazwe, nta bubabare, Imana ni yo yogushimwa. nabwira abantu ko ntazi uko kubyara bibabaza. Nasabye Imana, ndasenga nyisaba ko yankuraho ububabare, kandi Imana y’inyembabazi koko irabikora byara neza.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Mamideb yasabiye umugisha Tracy Melon kubera impano n’ubuhanzi bwe mu muziki

Next Post

Karole Kasita yibajije impamvu itegeko rigenga ibihangano ridasohoka

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
20 hours ago

Abakunzi b’imyidagaduro n’urwenya baritegura ijoro ridasanzwe kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mutarama 2026, ubwo hateganyijwe igitaramo cya Gen Z...

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

by MUNYANKINDI Alphonse
23 hours ago

Hari filime nshya iri gutegurwa igamije gusubiza mu ndorerwamo y’amateka imwe mu nkuru zibabaje ariko zinagaragaza ubutwari bukomeye bwabereye i...

Uganda: Luwilight ukoresha TikTok arashinjwa gutera ubwoba Zuena Kirema umugore wa Bebe Cool

Uganda: Luwilight ukoresha TikTok arashinjwa gutera ubwoba Zuena Kirema umugore wa Bebe Cool

by Alex RUKUNDO
23 hours ago

Mu kiganiro cyatambutse kuri Kasuku live, mugitondo cyo ku ya 14 Mutarama 2026, hatangajwe amakuru avuga ko Lueiligiht, afugiwe kuri...

Next Post
Karole Kasita yibajije impamvu itegeko rigenga ibihangano ridasohoka

Karole Kasita yibajije impamvu itegeko rigenga ibihangano ridasohoka

Michael Fingers Mugisa yashize ahagaragara amwe mu mateka  akubiye mu ndirimbo ‘Love you everyday’ ya Bebe cool

Michael Fingers Mugisa yashize ahagaragara amwe mu mateka  akubiye mu ndirimbo ‘Love you everyday’ ya Bebe cool

Eddy Kenzo yafashe icyemezo cyo gusubira ku ishuri

Eddy Kenzo yafashe icyemezo cyo gusubira ku ishuri

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy
Imyidagaduro

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026
Uganda: William Nyombi Thembo yatangaje ko internet izasubiraho nyuma y’amatora
Umutekano

Uganda: William Nyombi Thembo yatangaje ko internet izasubiraho nyuma y’amatora

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026
Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo
Amateka

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

by MUNYANKINDI Alphonse
January 15, 2026
Uganda: Luwilight ukoresha TikTok arashinjwa gutera ubwoba Zuena Kirema umugore wa Bebe Cool
Imyidagaduro

Uganda: Luwilight ukoresha TikTok arashinjwa gutera ubwoba Zuena Kirema umugore wa Bebe Cool

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.