• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, June 4, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Fik Fameica yahakanye ko hari abahanzi bamufashije mu muziki we

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
August 7, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Umuraperi w’Umunya-Uganda Fik Fameica yatangaje ko nta muhanzi cyagwa umuntu uwari we wese waba yaragize uruhare mu itangira ry’umuziki we, ahamya ko yageze aho ari ubu abikesha imbaraga ze bwite n’impano ye.

Mu kiganiro yagiranye na Sanyuka TV, Fik Fameica yavuze ko izamuka rye muri muzika ritatewe n’abandi bantu, ahubwo ryaturutse ku bwitange bwe no gukora cyane.

Ati:” Nanyuze mu bikomeye ndetse no kwigomwa ibintu bitandukanye. Ni jye wiyandikiye indirimbo yatumye menyekana, kandi kuva ubwo kugeza n’uyu munsi, byose ninjye ubyikorera ku giti cyanjye.”

Ibi yabivuze kubera amagambo yigeze kuvugwa na Pallaso, umwe mu bahanzi b’inararibonye mu muziki wa Uganda, wavuze ko yagize uruhare mu kumufasha gutangira umuziki.

Fik Fameica yahakanye ibyo bivugwa, ashimangira ko nubwo yigeze kuba hafi y’abahanzi bamwe mu ntangiriro z’urugendo rwe rwa muzika, nta n’umwe wigeze amuha ubufasha bufatika bwaba ubwa mafaranga cyagwa ibitekerezo byaba byaramufashije kumenyekana.

Yakomeje agira ati:” Kuvuga ko umuntu yagufashije, bivuze ko yaguhaye ubufasha mu buryo bufatika — nko gukorana indirimbo, kukwishyurira studio cyangwa kukugira mu buyobozi bwa muzika yawe. Ariko njyewe nta muhanzi wigeze abinkorera.”

Yavuze ko yigeze kuba hafi na Geosteady, ariko asobanura ko byari ubucuti busanzwe aho kuba ubufasha bwamugejeje ku rwego rwo kumenyekana.

Impinga

Previous Post

Teta Sandra yagonze amaguru ya Weasel Manizo

Next Post

Diamond Platnumz yemeye ko atazi neza umubare w’abana yabyaye

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Shema Arnaud de Bosscher wamamaye nka DJ Toxxyk yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse anacibwa ihazabu...

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Shakira yatangaje ko yatumiye itsinda rya Ghetto Kids kuzataramana na we mu birori byo hagati mu mukino wa...

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

Spice Diana Yongeye gukorana na Selecta Rizzon

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Spice Diana yongeye kuvugisha abakunzi b’umuziki nyuma y’amakuru avuga ko yongereye Selecta Rizzon mu ikipe imufasha...

Next Post
Diamond Platnumz yemeye ko atazi neza umubare w’abana yabyaye

Diamond Platnumz yemeye ko atazi neza umubare w’abana yabyaye

Ibihugu byinshi byibasiwe n’imisoro mishya ku byoherezwa muri Amerika

Ibihugu byinshi byibasiwe n’imisoro mishya ku byoherezwa muri Amerika

Icyasembuye Teta Sandra mu kugonga Weasel Manizo

Icyasembuye Teta Sandra mu kugonga Weasel Manizo

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima
Mu mahanga

“Mfite ibitsina gore bibiri”: Ubuzima bukomeye bwa Abigael bwakoze benshi ku mutima

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice
Imyidagaduro

DJ Toxxyk yakatiwe: Urukiko rwamuhaye umwaka n’igice

by MUNYANKINDI Alphonse
May 23, 2026
Aston Villa Yegukanye Europa League
Imikino

Aston Villa Yegukanye Europa League

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026
Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi
Imyidagaduro

Shakira yatumiye Ghetto Kids mu mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

by MUNYANKINDI Alphonse
May 21, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.