Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko iyo adatanga umusanzu mu biganiro by’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ibyo biganiro bitari kubaho, ahubwo ibintu byari kurushaho kuba bibi cyane....
Ku wa 23 Nyakanga 2025, Perezida wa Republika yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya, agirwa Dr. Justin Nsengiyumva, asimbuye Dr. Edouard Ngirente wari kuri uwo mwanya kuva mu 2017. Dr. Nsengiyumva wari usanzwe ari Visi Guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu,...
Inama y’abaminisitiri yayobowe na Perezida Paul Kagame ku wa 16 Nyakanga 2025, yashyizeho abayobozi mu nzego zitandukanye z’igihugu zirimo za Minisiteri. Imyanya yatanzwe irimo iy’abanyamabanga bahoraho muri Minisiteri, abayobozi b’inzego, abanyamabanga bakuru. Hari abashya, ariko hari n’abongeye kugirirwa...
Umutwe w’iterabwoba w’abahezanguni b’Abanyaburayi ukekwaho gukorana n’u Burusiya, wigambye uruhare mu iyicwa rya Col. Ivan Voronych, umusirikare wa Ukraine wakoraga mu rwego rw’ubutasi bw’iki gihugu. Uyu musirikare yishwe ku manywa y’ihangu i Kyiv, umurwa mukuru wa Ukraine, ubwo...
Mu gihe abatuye Isi bakomeza kwiyongera ariko ubutaka bwo guhingaho budahinduka, isi iri gushakisha ibisubizo byatuma abantu bihaza mu biribwa. Mu byo kwitabwaho harimo no kuvugurura uburyo bw’ubuhinzi hifashishijwe ikoranabuhanga, rikaba ririmo kongerera ibihingwa ubushobozi bwo kwihanganira indwara...
Nk’umunyarwanda ukunda ibidukikije, rimwe na rimwe nibaza nti: Ese koko inyamaswa zo mu ishyamba ziracyafite amahoro ni umutekano? Ziracyabona ubuzima nk'ubwo zagize mbere y'uko isi yuzura abantu n’iterambere? None se, nawe nk’umuturage ujya wibaza icyo wakora ngo izo...
Mu Rwanda, ibishanga bigira uruhare runini mu mibereho y’abaturage n’iterambere ry’igihugu. Uretse kuba byifashishwa mu buhinzi, cyane cyane ubw’imusozi muke n’umuceri, ni n’isoko y’amazi, ibimera, n’ibinyabuzima bitandukanye. Ariko kandi, mu myaka yashize, hari ikibazo cyagiye cyigaragaza aho ibishanga...
Uyu mugani wamamaye mu Rwanda, ucibwa n’umuntu umaze kugira intege nke, ni we babaza iki n’iki atatunganije, ati: «Ndatega zivamo!» Waturutse ku mugabo witwaga Ntambabazi ya Rufangura, mu Bitagata bya Muganza i Rukomaya Gitarama, ahayinga umwaka w’i 1600....
Uyu mugani bawuca iyo babonye umuntu cyangwa abantu benshi batumvikana cgangwa se benda no kurwana ni bwo abanyarwanda bagira bati: “bateye Rwaserera, nyamara nubwo iyi mvugo yamamaye mu Rwanda hose usanga ikoreshwa uko babyumva, imvano yayo itazwi bityo...
Urwego rw’Umuvunyi rwatangaje ko mu 2024 rwahuguye abanyeshuri ibihumbi 22 bo mu mashuri yisumbuye ku bikorwa byo kurwanya ruswa. Ni amakuru yatanzwe n’Umuvunyi Mukuru, Nirere Madeleine ku wa 11 Gashyantare 2025 ubwo hamurikwaga raporo y’ubushakashatsi bugaragaza uko mu...