Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko iyo adatanga umusanzu mu biganiro by’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ibyo biganiro bitari kubaho, ahubwo ibintu byari kurushaho kuba bibi cyane....
Kampala, Uganda – Tariki ya 2 Gicurasi 2025 — Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane nka Bobi Wine, yatangaje ko inzego z’umutekano zashyize amakamera y’ubutasi inyuma y’ibiro bikuru by’ishyaka National Unity Platform...
Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko ibyihebe byishe abasirikare batatu b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Mozambique. Hari hashize iminsi mike ibyihebe byo muri “Islamic State” bikorera mu Ntara ya Cabo Delgado, mu Majyaruguru ya Mozambique...
Bamwe mu basaza barwanye urugamba rwo kubohora Igihugu kuva mu 1990, bavuga ko bashimira ubuyobozi kuba buzirikana bukanaha agaciro akazi bakoze k’ubwitange.
Ku wa Gatanu, Ingabo z’u Rwanda (RDF) hamwe n’iz’u Uganda (UPDF) basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi rwa Kigali ruherereye ku Gisozi, aho bunamiye inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Uyu mukino wabaye kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 20 Ugushyingo 2024, kuri Sitade y’Akarere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba. Ni umukino wa gatatu uhuje izi ngabo zombi, ufite intego yo kurushaho guteza imbere umubano no guhuza imikoranire...
Minisitiri w’Intebe wa Mali, Choguel Kokalla Maïga, wari umaze imyaka itatu kuri uwo mwanya, yirukanwe ku mugoroba wo ku wa Gatatu, tariki ya 20 Ugushyingo 2024. Iri yirukanwa ryatangajwe mu iteka ryasomwe kuri Televiziyo y’Igihugu na Alfousseyni Diawara,...
Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwatangaje ko bwataye muri yombi umusirikare witwa Sergeant Minani Gervais w’imyaka 39 y’amavuko, akaba akurikiranyweho kurasira abantu batanu mu Kabari.RDF yatangaje ko yababajwe n’umusirikare warashe abaturage mu kabari mu Karere ka Nyamasheke mu...