Umuhanzi w’icyamamare wo muri Tanzaniya, Diamond Platnumz, yatangaje ko atakwemeza umubare w’abana yabyaranye na'abagore be ndetse anakeka ko bamwe muri bo bashobora kuba atari abe. Mu kiganiro kuri podcast yerekeye umubano we n’abagore batandukanye babyaranye, Diamond yavuze ko nubwo...
Umuraperi w’Umunya-Uganda Fik Fameica yatangaje ko nta muhanzi cyagwa umuntu uwari we wese waba yaragize uruhare mu itangira ry’umuziki we, ahamya ko yageze aho ari ubu abikesha imbaraga ze bwite n’impano ye. Mu kiganiro yagiranye na Sanyuka TV,...
Mu ijoro ryo ku wa 6 Kanama 2025 Teta Sandra Teta yashyiramiranye na Weasel ubwo bari k Munyonyo mu kabari kitwa Shan's Bar&Restaurant. Nyuma yo gushyamirana Teta Sandra yagiye mu mudoka noneho Weasel Manizo ayihagarara imbere. Teta Sandra...
Umunyanijeriya utuye mu Bwongereza yaje mu Rwanda muri gahunda zo kuganira n'abagize 1:55 AM mu rwego rwo gushaka uko yazamamaza 'Pom Pom' ya Bruce Melodie, Diamond Platnumz na Joel Brown. Olajide,umunyamakuru w'umunyabigwi mu guteza imbere Afrobeats mu Burengerazuba...
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 5 Nyakanga 2025, hatangijwe ku mugaragaro Imurikagurisha Mpuzamahanga ryitabiriwe n’abatari bake barimo Abanyarwanda n’abanyamahanga baturutse mu bihugu 19 bitandukanye. Ni ku nshuro ya 28 iri murikagurisha ribereye i Gikondo mu Mujyi wa...
Nyuma yo guca ibintu muri BK Arena mu gitaramo cyo gusoza Iserukiramuco rya ‘Giants of Africa,’ Kizz Daniel yateguje ikindi gitaramo azakorera i Kigali mu minsi, kugira ngo yongere kugirana ibihe byiza n’abakunzi be. Ibi Kizz Daniel yabigarutseho...
Umuhanzi w'umunyabigwi Bebe Cool yageze mu Bwongereza aho agiye gukorera iyamamazabikorwa ry'Album yitwa "Break The Chains". Mu ijoro ryo ku wa 5 Nyakanga 2025 nibwo Bebe Cool yageze mu Bwongereza aho atangira kuzenguruka ibitangazamakuru kuva ku wa 6-16...
Icyumweru cyaranzwe n’imyidagaduro yihariye hirya no hino ku isi: Ayra Starr na The Ben bashimishije i Kigali, Mariah Carey yigaragaza muri Brighton Pride, Rihanna ahishura igitangaza Muri iki cyumweru, hirya no hino ku isi, imyidagaduro yagaragaje ko umuziki,...
Abahanzi bakunzwe, The Ben , Ayra Starr, Kizz Daniel na Timaya bashyize ku kadomo Iserukiramuco rya Giants of Africa ryamaze icyumweru ribera mu Rwanda kuva ku wa 26 Nyakanga kugeza ku wa 2 Kanama 2025. Iserukiramuco rya Giants...
Mu myaka mirongo itatu n’umwe ishize, u Rwanda rwariyubatse rwateye intambwe ishimishije mu ikoranabuhanga, ku buryo iminsi mikuru imwe n’imwe isigaye yizihirizwa ku mbuga nkoranyambaga kandi abantu bakaryoherwa, bakumva baguwe neza. Buri wa mbere Kanama, u Rwanda rwizihiza...