Sabrina, wahoze ari umwe mu bitabiriye irushanwa rya Big Brother Naija ku nshuro ya 10, yongeye gushyira hanze amarangamutima nyuma yo kuva mu irushanwa, yifashishije ubutumwa bwuzuye ishimwe n’icyizere. Mu butumwa bwuzuye amarangamutima yashyize ku rubuga rwe rwa...
Umubyinnyi w’ikirangirire akaba n’umutoza w’imbyino muri Nigeria, Kafayat Shafau wamenyekanye cyane ku izina rya Kaffy, yatangaje ko akunze guhura n’ivangura rishingiye ku kuba yatandukanye n’umugabo we. Avuga ko hari abamubwira ko atagakwiye kongera gushaka cyangwa gutekereza ku rukundo...
Ku wa 16 Kanama 2025 umuhanzi ugezweho Joshua Baraka yataramiye abafana mu gitaramo cyo kwizihiza imyaka 15 ya DJ Pius. Joshua Baraka yataramiye abarenga 2000 muri Kigali Universe bimusigira umukoro wo kugira ibikorwa byinshi akorera mu Rwanda.Ni igitaramo...
Abahanzi batandukanye bari kuririmbira ibihumbi biteraniye kuri stade ya Nengo I Rubavu. Umuhanzi Juno Kizigenza yagiye ku rubyiniro asimbuye Ariel Wayz banafatanyije kuririmbana zimwe mu ndirimbo bakoranye mu minsi yashize bakiri mu rukundo. Juno Kizigenza yakoze neza ahamagara...
Ku wa 16 Kanama 2025 mu karere ka Rubavu kuri stade ya Nengo hagiye gusorezwa Iserukiramuco rya Mtn Iwacu na Muzika ririmo abahanzi barindwi. Abafana b'umuziki nyarwanda bageze kuri Stade ya Nengo iri ku muhanda ukora ku kiyaga...
Pasiteri Wilson Bugembe arateganya gukomeza gukora umuziki no gutegura ibitaramo bizibukwa kugeza ageze ku myaka 60. Mu myaka makumyabiri ishize, Pasiteri Wilson Bugembe yakomeje gukora indiribo ku buryo buhoraho, ashimisha abantu n’indirimbo ze zubaka kandi zitanga ubutumwa, zinateza...
Indirimbo 25 zikomeye za Afrobeats zasize izina mu muco w’imyidagaduro w’igihugu kandi zigira uruhare mu kwagura umuziki wa Nigeria imbere mu gihugu no ku rwego mpuzamahanga. Umwaka wa 1999 uzwi nk’igihe cyatangiriyeho umuziki wa pop wa Nigeria iki...
Weasel Manizo nyuma y'iminsi itanu arwariye mu bitaro bya Nsambya yatashye aho azakomeza kwitabwaho n'abaganga. Weasel Manizo yagiye kurwarira mu rugoNyuma y'iminsi itanu Weasel Manizo avurirwa imvune y'amaguru mu bitaro bya Nsambya, kuri ubu yagiye kurwarira mu rugo....
Ubukwe bwa Davido na Chioma bukomeje kuvugisha benshi nyuma y’uko bubereye I Miami muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika. Ni ubukwe bwabaye ku wa 11 Kanama 2025 bwitabirwa n’abaherwe, abayobozi ba za Leta zo muri Nigeria n’abahanzi babanye neza...
Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi yashyizeho komite ishinzwe gutoranya filime zo mu Rwanda zizajya zihatanira ibihembo bya’Oscars’. Ni itangazo ryashyizwe ku mbuga nkoranyambaga z’iyi minisiteri yaragijwe guteza imbere urubyiruko n’ubuhanzi. Ku wa 11 Kanama 2025 nibwo iriya minisiteri yageneye...