Umuhanzi Mpuzamahanga, David Adedeji Adeleke OON wamenye nka Davido, yavuze ko mu bahanzi bakoranye kuri Album ye ya Gatanu yise ‘5IVE’ harimo babiri azakorana n’abo urugendo, kandi bazataramana mu gitaramo cye cya Gatanu azaba akoreye i Kigali. Kuva...
Umuhanzi w’icyamamare akaba n’Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Abahanzi bo muri Uganda (Uganda National Musicians Federation – UNMF), Eddy Kenzo, yasobaye amajwi amaze iminsi akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga, aho yumvikanye avugana umujinya ndetse anavuga ko ashobora kwegura ku buyobozi bw’iri shyirahamwe....
Butera Knowless wizihije isabukuru y’imyaka 34 y’amavuko yahamije ko iy’uyu mwaka itandukanye cyane n’izindi yizihije mbere nubwo atifuje kwerura ngo avuge igituma uyu mwaka utandukana n’indi. Ibi Butera Knowless yabikomojeho mu kiganiro yagiranye n'Impinga Media, yavuze ko uyu...
Isi ya sinema yongeye kubura umwe mu bayihesheje ishema. Umukinnyi w’ikirangirire w’Umutaliyani Claudia Cardinale, wamamaye mu mafilime nka ‘The Pink Panther’ na ‘Once Upon A Time In The West’, yapfuye afite imyaka 87, nk’uko bitangajwe n’ibinyamakuru byo mu...
Umuhanzikazi w’icyamamare muri Uganda, Cindy Sanyu yasobanuye impamvu atakigaragara yambaye impeta y’ubukwe, asobanura ko bitavuze ko urugo rwe rufite ibibazo, ahubwo ko impeta ye yibwe n’umufana we. Ibi byacecekesheje ibihuha bikomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru,...
The Ben wari uherutse gutaramira mu Bwongereza yongeye gutumirwayo mu mujyi wa Manchester. The Ben uherutse gutaramira mu Bwami bw'ubwongereza mu mujyi witwa Coventry ubarizwa mu Bwongereza bwo hagati (Central England) yongeye kugirirwa ubuntu atumirwa gutaramira abazitabira ihuriro...
Teta Sandra yagaragaye mu mashusho ashaka gutera icyuma Weasel wari wicaye hasi atabaza mukuru we Jose Chameleon Hongeye gusakara amashusho ya Teta Sandra ashyamirana na Weasel. Ni inkuru yamaze kumenyerwa ko nta kwezi kwashira badakozanyijeho yaba mu rugo...
Mr KAGAME agarutse mu Rwanda mu isura nshya, akomeje gukorana na Black Market Records imufasha gucunga inyungu ze za muzika. Afite indirimbo 28 nshya zirimo 10 zifite video, yifuza kubarirwa muri BIG 4 y’abahanzi bakomeye mu Rwanda. Reba...
Card B nyuma yo gushyira hanze album yise 'AM I The Dram ' yahise ateguza ibitaramo mu 2026. Card B ya yashyize hanze album ya kabiri mu myaka 7 amaze mu muziki. Ni album yise 'AM I The...
RDB yadohoreye abacuruza utubari n'utubyiniro amasaha iyashyira saa kumi za mu gitondo. Urwego rw'igihugu rw'iterambere rwarekuye amasaha yo gufunga ibikorwa by'imyidagaduro ava saa mu nani mu minsi ya Weekend na saa saba mu mibyizi ashyirwa ku isaha ya...