Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 5 Nyakanga 2025, hatangijwe ku mugaragaro Imurikagurisha Mpuzamahanga ryitabiriwe n’abatari bake barimo Abanyarwanda n’abanyamahanga baturutse mu bihugu 19 bitandukanye. Ni ku nshuro ya 28 iri murikagurisha ribereye i Gikondo mu Mujyi wa...
Nyuma yo guca ibintu muri BK Arena mu gitaramo cyo gusoza Iserukiramuco rya ‘Giants of Africa,’ Kizz Daniel yateguje ikindi gitaramo azakorera i Kigali mu minsi, kugira ngo yongere kugirana ibihe byiza n’abakunzi be. Ibi Kizz Daniel yabigarutseho...
Umuhanzi w'umunyabigwi Bebe Cool yageze mu Bwongereza aho agiye gukorera iyamamazabikorwa ry'Album yitwa "Break The Chains". Mu ijoro ryo ku wa 5 Nyakanga 2025 nibwo Bebe Cool yageze mu Bwongereza aho atangira kuzenguruka ibitangazamakuru kuva ku wa 6-16...
Icyumweru cyaranzwe n’imyidagaduro yihariye hirya no hino ku isi: Ayra Starr na The Ben bashimishije i Kigali, Mariah Carey yigaragaza muri Brighton Pride, Rihanna ahishura igitangaza Muri iki cyumweru, hirya no hino ku isi, imyidagaduro yagaragaje ko umuziki,...
Abahanzi bakunzwe, The Ben , Ayra Starr, Kizz Daniel na Timaya bashyize ku kadomo Iserukiramuco rya Giants of Africa ryamaze icyumweru ribera mu Rwanda kuva ku wa 26 Nyakanga kugeza ku wa 2 Kanama 2025. Iserukiramuco rya Giants...
Mu myaka mirongo itatu n’umwe ishize, u Rwanda rwariyubatse rwateye intambwe ishimishije mu ikoranabuhanga, ku buryo iminsi mikuru imwe n’imwe isigaye yizihirizwa ku mbuga nkoranyambaga kandi abantu bakaryoherwa, bakumva baguwe neza. Buri wa mbere Kanama, u Rwanda rwizihiza...
Umuhanzikazi w’Umunya-Tanzaniya, Zuchu akaba umugore w’umuhanzi w’icyamamare na we w’Umunya-Tanzania, Diamond Platnumz, yiyamye abahamagara umugabo we mu masaha akuze y’ijoro, abasaba kutabyogera. Zuhura Othman wamamaye nka Zuchu, avuga ko atumva ukuntu abantu bamuhamagarira umugabo mu gicuku, kandi bazi...
Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, abanyamategeko ba Sean “Diddy” Combs bashyikirije urukiko rwo mu gace ka Southern District ya New York, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, impapuro zibarirwa muri 62, basaba ko icyemezo cyahamije Combs icyaha...
Mu masaha meke ashize muri Australiabatangaje Iserukiramuco rya Strummingbird, n'Iserukiramuco ryatumiwemo abahanzi mpuzamahanga, barimo ibyamamare bibiri bikomeye: Jelly Roll na Shaboozey, bazaririmba ku munsi wa mbere w’iri serukiramuco. Iri serukiramuco ryatangajwe mu byumweru bishize, ryatangajwe ko rizabera muri...
Abahanzi barimo Tekno Miles, Nel Ngabo na Alyn Sano bataramiye mu gitaramo cyo kumurika imideri 'Threads of Africa Fashion' cyabereye muri Zaria Court, inyubako ya Masai Ujiri. Ni igitaramo cyabaye mu ijoro ryo ku wa 31 Nyakanga 2025....