Esther Senga ni umuhanzikazi w'umuhanga mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, akaba ari n’umwalimu w’umuziki. Acuranga ibicurangisho bitandukanye birimo guitar, piano na saxophone, akaba yarinjiye mu muziki nyuma yo kuwukundishwa na Bosco Nshuti. Esther Senga aatuye i Kagugu...
Abaramyi James na Daniella Rugarama bakunzwe cyane mu ndirimbo zitandukanye nka "Mpa Amavuta", "Nkoresha", "Narakijijwe", "Hembura", "Yongeye Guca Akanzu", "Mutangabugingo" n’izindi nyinshi bategerejwe mu gitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana cyiswe ‘Endless Worship’. Iki gitaramo cyateguwe n’itsinda ry’abaramyi...
Nyuma y'uko umu ririmbyi w'indirimbo zo kurumya no guhimbaza Imana Ishimwe Vestine, ubarizwa mu intsinda rwa Dorcas na Vestine, atanga amagambo akoye abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagarma, avuga ko abayeho mu buzima bubi kandi atabukwiye. Aline Ngahongayire, ...
Ku nshuro ya kabiri, ubuyobozi bwa Zacu Entertainment bwemeje ko bugiye kongera gukora ibirori byiswe ‘Zacu Gala’ ku nshuro kabiri ariko noneho bikazaba bivuguruye ugereranyije n’ibyabaye ku nshuro mbere. Mu kiganiro IGIHE yagiranye na Frank Kanyamurera ushinzwe iyamamazabikorwa...
Ijoro ryo ku wa 14 Ugushyingo 2025 ryabereye Kampala Serena Hotel ryabaye urubuga rukomeye rwo kwerekana uburyo umuziki w’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba ukomeje gutanga amahirwe ku bahanzi batandukanye, by’umwihariko Abanyarwanda bagaragaje ko bafite ijambo mu ruhando mpuzamahanga. Ni...
Nyuma y’amezi hafi 12 ari mu Itorero Ishyaka ry’Intore, umuhanzi wamenyekanye mu ndirimbo z’agakondo, Ruti Joël, yafashe icyemezo cyo gusubira mu Itorero Ibihame by’Imana, aho yavukiye mu buryo bw’umwuka, avuga ko yahisemo guharanira kubana no gukemura ibibazo aho...
David Lutalo yagaragaje amarangamutima akomeye mu gihe yari arimo kurengera Eddy Kenzo, nyuma yo kunengwa kwabaye ku itangwa ry’ibihembo bya Grammy aherutse guhabwa. Kenzo, wahawe igihembo cya Grammy Awards ku ndirimbo ye yise Hope & Love, yakoranye na...
Wizzar OG umwe mubahanzi bakoje gushyira hanze indirimbo shya kandi nshi, ubu yihuje na Pallaso, Umuyobozi wa Team Good Music, witwa Pius Mayanja, ashimishwa n'uko bahuye. Pallaso yahuye na Wizzar OG, umuhanzi w’Umugande uba mu Budage, mu gihe...
kuri uyu wa Gatanu mu gihe abantu bitegura kwinjira muri weekend, abahanzi barimo Sheebah Karungi, Rickman, Tracy Melon, Kataleya na Kandle n’abandi bahanzi bakomeye muri Uganda bashyize hanze amashusho y’indirimbo zabo mashya. Sheebah Karungi, yatangaje ko indirimbo ye...
Umuyobozi wa Big Talent Entertainment, Eddy Kenzo, aratangaza ko icyemezo gikomeye yafashe mu mwuga we w’umuziki: aho yanze gusinya amasezerano yatanzwe n’ama label akomeye ku isi, arimo Sony Music, Warner Music, Disney, na Universal Music Group. Kenzo avuga...