Amakimbirane hagati y’ibyamamare bibiri bikomeye muri Hip Hop – Curtis “50 Cent” Jackson na Sean “Diddy” Combs – yongeye gufata indi ntera nyuma y’uko 50 Cent ateguye mbarankuru (docuseries) nshya yiswe “Sean Combs: The Reckoning”, yagombaga gutambuka kuri...
Mu gihe bamwe mu bahanzi bakomeye bakomeje gushora imbaraga mu mishanga itandukanye izabafasha kuzamura imiziki yabo, Ngabo Medard Jobert, wamenyekanye ku izina rya Meddy, umwe mu bahanzi bafite izina rikomeye mu Rwanda, yatangiye urugendo rushya mu muziki, aho...
Umuraperi 50 Cent yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri ari bwo Netflix isohora filime mbarankuru nshya bakoranye ikubiyemo ubuzima n’ibihe bikomeye by’icyamamare Sean “Diddy” Combs, aho harimo n’amashusho atari yarigeze ajya hanze yafashwe mu minsi itandatu mbere y’uko...
Umunyamakuru w’umuco n’imyidagaduro mu gihugu cya Uganda, Kasuku, yatangaje inkuru ikomeye y’uburyo umuririmbyi Bebe Cool yamurokoye ubuzima ku buryo atabizi, ubwo ibisasu byaturikiraga i Kyadondo Rugby Grounds mu 2010. Kasuku wari wagiye kureba umukino wa Final y’igikombe cy’isi...
Noel Mutangoma na Bosco Nshuti bahuje imbaraga bashyira indirimbo yabo shya bise ‘Isezerano’, ihamagarira abakirisito kwitabira kuva no kubaha ijambo ry’Imana ndetse no kwishimira kubana nayo mu bihe byiza byuzuye imbabazi. Mutangoma avuga ko iyi ndirimbo yibutsa abantu...
Abanya-Kenya bakomeje guterwa urujijo nyuma y’uko umugore wiyitiriye kuba ari nyina wa muhanzi w’icyamamare Kevin Bahati atangaje ko akiri muzima, kandi ko ari we yamubyaye. Iyi mvugo ikomeje kuvugisha benshi kuko ihabanye n’inkuru Bahati amazeyo imyaka avuga ko...
Umuhanzi zo kuramya no guhimbaza Imana Richard Nick Ngendahayo nyuma yo gukora igitaramo kikitabirwa n’abantu benshi ndetse umubare w’abihana ukiyongera yafashe icyemezo ntakuka cyo kongera kugaruka gutaramira abanyarwanda. Iki gitaramo cyabaye ku itariki ya 29 Ugushyingo 2025, cyahishuye...
Richard Nick Ngendahayo ni umwe mu bahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi cyane mu Rwanda no hanze yarwo. Uyu muhanzi w’icyamamare, wamaze imyaka 17 atuye i Dallas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ubu ari i...
Irene Ingabire Kamanzi ni umuhanzi wa menyekanye hano mu Rwanda cyane mu kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi kw'izina ry'ubuhanzi nka Gaby Kamanzi (wavutse 1981) uririmba indirimbo ziramya Imana. Ni umwe mu bahanzi bigaragaje cyane mu gitaramo cya Richard...
Icyamamare mu muziki wa Uganda, Jose Chameleone, ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda muri uku kwezi k’Ukuboza, aho azayobora igikorwa cyo gufungura inzu izajya ikorerwamo sinema muri ako gace, ikaba ari yo ya mbere ihabonetse. Iyi sinema izaba ari...