Umuraperi Snoop Dogg yatangaje ko atishimira uburyo ibikorwa bya LGBTQ+ bigaragarizwa mu mafirime y’abana, kuko ngo bituma abana babaza ibibazo bigoye gusubizwa. Ibi yabigarutseho ubwo yari mu kiganiro cya podcast giherutse, aho yibutse uko umwuzukuru we yagize icyo...
Uwahoze ayobora Umujyi wa Nairobi, Mike Sonko, yashyikirije Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) impapuro z’ikirego, agaragaza akarengane Kenya ivuga ko yakorewe ubwo yasezererwaga na Madagascar muri Shampiyona Nyafurika y’Amakipe y’Ibihugu akoresha Abakinnyi bakina imbere mu gihugu (CHAN)....
Umuraperi wo muri Kenya, Sosuun, yagaragaje impungenge ku rubyiruko rwa Gen Z rudashaka kwakira abahanzi bakuze, nyuma y’uko umuririmbyi w’inararibonye Avril ahuye n’akaga ko kunengwa kubera gufatanya n’abandi mu njyana shya. Mu mashusho yashyize ku rukuta rwe rwa...
Itsinda Coldplay rikora umuziki wa Rock riri gutaramira muri Wembley stadium mu gitaramo cy'iminsi 10. ubwo igitaramo cyo ku munsi wa kabiri cyari kirimbanyije , ku nsakazamashusho nini zerekanye couple iri gusomana. Umugabo yari afite icyapa cyanditseho 'Say...
Kuri uyu wa kane, tariki ya 21 Kanama 2025, umuraperi Lil Nas X yafashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo kugaragara atembera mu mihanda ya Los Angeles yambaye imyenda icitse — yambaye gusa kambarizo n’inkweto z’umweru z’amakoboyi (cowboy boots). Amashusho...
Umuhanzi w'cyamamare cyo muri Uganda, Jose Chameleone, uzwi ku izina rya Joseph Mayanja, ari mu rubanza n’umugore we, Daniella Atim, aho barimo kuburana gatanya, nyuma y’imyaka 17 bamaze bashakanye. Amadosiye y’urukiko agaragaza ko Daniella yatanze ibaruwa mu Ishami...
Umukinnyi w’ikirangirire muri sinema muri Leta zuze ubumwe z'Amerika Nicolas Cage, wegukanye igihembo cya Oscar, ari mu biganiro byo kugaragara mu ruhererekane rw’ikinamico rwakunzwe cyane rwa True Detective, ku nshuro yarwo ya gatanu, ururuhererekane rwibanda cyane ku byaha...
Umuraperi Thabo Mahlwele wamamaye nka Touchline Truth ukomoka muri Afurika y’Epfo, utegerejwe mu gitaramo cya ‘Music in Space World Tour’, kigiye guhuriramo abahanzi batandukanye baturutse mu bihugu byo muri Afurika no hirya yayo; Uyu muhanzi akaba yageze mu...
ku wa 23 Kanama 2025 hari kuzaba Music in Space, igitaramo cyari kuzabera muri Camp Kigali Igitaramo cyarimo abahanzi; The Ben, Kenny Sol, Bushali, Ariel Wayz n'abo hanze y'u Rwanda cyahagaritswe kibura iminsi ibiri bitewe n'uburwayi bwa Bjorn...
Mu myaka icumi ishize, injyana ya Afrobeats yakomeje kwigarurira imitima y’abakunzi y'abatari bake ku isi. Kuva ubutumire bwo kuririmba ku rubyiniro rukomeye ku isi, ku bufatanye n’ibyamamare byo mu Burengerazuba nka Beyoncé, Drake na Ed Sheeran, Afrobeats imaze...