Uyu mukino w’Umunsi wa 28 wa Shampiyona wabereye kuri Stade ya Bugesera ku wa Gatandatu, tariki ya 17 Gicurasi 2025, wahagaze ku munota wa 57 kubera imvururu.
Ikipe ya APR Volleyball Club mu bagabo na Police Volleyball Club mu bagore ni zo zegukanye igikombe cya Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere ya Volleyball y’umwaka w’imikino wa 2024/25. Imikino ya nyuma yaberaga kuri Petit Stade i Remera ku...
Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Maxime Kali Nathan Wenssens, yabonye ikipe nshya yo mu Bubiligi ya K.V.V. Thes Sport Tessenderlo ikina mu Cyiciro cya Gatatu. Mu mpeshyi yo mu 2024, ni bwo Maxime Wensens yatandukanye na Union Saint-Gilloise yo...
Igitego cyo mu minota y’inyongera cyinjijwe na Mamadou Sy cyafashije APR FC gutsinda AS Kigali ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 17 wa Shampiyona, wabereye Kuri Kigali Pele Stadium, ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki ya 16...
Iri rushanwa ryari rimaze iminsi ibiri rikinwa ryateguwe n’Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umukino wa Volleyball (FRVB) n’Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidali n’Impeta by’Ishimwe (CHENO). Insanganyamatsiko yo kwizihiza Umunsi w’Intwari z’Igihugu ku nshuro ya 31 uyu mwaka wabaye tariki ya 1...
U Rwanda rumaze kugira abakinnyi benshi bakina hanze yarwo aho tugiye kurebera hamwe uko bitwaye mu mpera z’iki cyumweru cyasojwe. Hakim Sahabo uherutse kwerekeza mu ikipe nshya yo mu Bubiligi ya K. Beerschot V.A, imutiye muri Standard de...
Mu mwaka wa 2023, Biramahire yegukanye igikombe cya mbere muri UD Songo, anagaragaza impano ye nk’umwe mu rutahizamu bakomeye b'Amavubi."
Car Free Day ni igikorwa cyatangijwe mu Rwanda mu rwego rwo guteza imbere ubuzima bwiza, guhanga umuco w’imyidagaduro no kurwanya indwara zituruka ku bukeya bw’imyitozo ngororamubiri.
Uyu mukino wabaye kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 20 Ugushyingo 2024, kuri Sitade y’Akarere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba. Ni umukino wa gatatu uhuje izi ngabo zombi, ufite intego yo kurushaho guteza imbere umubano no guhuza imikoranire...
Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’u Rwanda ikomeje imyiteguro y’imikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika, iteganyijwe kubera i Dakar muri Sénégal kuva tariki ya 22 kugeza ku ya 24 Ugushyingo 2024. Mu rugendo rwo kwitegura, iyi kipe imaze...