Niba ukora content kuri YouTube cyangwa uteganya gutangira, hari ibintu by’ingenzi ugomba kumenya ku bijyanye na YouTube Copyright. Abakora videwo benshi bakunze guhura na Copyright Strike cyangwa Copyright Claim, rimwe na rimwe batabizi neza icyo bisobanura. Muri iyi...
Ku wa 7 Kanama 2025, hatangijwe ku mugaragaro igikorwa kizwi nka ‘pre-enrollment platform’ cyo kwemeza umwirondoro w’Abaturarwanda usanzwe mu irangamimerere no gukosora ku bafite amakosa muri sisitemu y’indangamuntu. Iki ni igikorwa kibanziriza icyo gutanga indangamuntu y’ikoranabuhanga ku baturage....
"BIME AMATWI" ni ubukangurambaga bushya bwatangijwe na RURA ku bufatanye na BNR, RIB, Polisi y’u Rwanda n’ibigo by’itumanaho, bugamije kurwanya ubujura n’ubushukanyi bukorerwa kuri SIM card no mu ikoranabuhanga. Bugamije kongerera abaturage ubumenyi bwo kwirinda uburiganya bukoreshejwe telefoni...
Iyi nkuru igamije gufasha umusomyi wa Impinga.rw gusobanukirwa uburenganzira itegeko rigenga kurinda amakuru bwite (Data Protection and Privacy Law) riha buri muturage mu buryo burambuye, busobanutse kandi bunyura mu mibereho isanzwe.
Sobanukirwa itegeko rigenga kurinda amakuru bwite y’umuntu mu Rwanda. Inkuru irambuye isobanura uburenganzira bw’abaturage, inshingano z’abatanga serivisi n’ibihano biteganywa ku barirengaho.
U Rwanda rwatsindiye igihembo mpuzamahanga cya WSIS+20 Champion kubera gahunda ya Digital Ambassador Program (DAP) yahuguye abaturage barenga miliyoni 3.2 mu ikoranabuhanga binyuze mu rubyiruko.
Imbuga nyinshi zo ku isi, zirimo iz’ibitangazamakuru nka Associated Press, Sky News na BuzzFeed, zigiye kugira ububasha bwo guhagarika porogaramu za "Artificial Intelligence" (AI) zizwi nka bots mu gukura amakuru ku mbuga zitabiherewe uburenganzira. Ibi bije nyuma y’uko...
Ikoranabuhanga ryahinduye uburyo umuziki ucuruzwa… Mu myaka yashize, kubona amafaranga mu muziki byasabaga ibitaramo n’imikoranire n’ibitangazamakuru ( kugeza ubu twakwita gakondo). Ubu ibintu byarahindutse. Digital platforms nka Spotify, Apple Music, Boomplay, YouTube Music, n’izindi zatangiye guha abahanzi bo...
Minisitiri Ingabire yavuze ko ubu buryo buzafasha kurinda ibikorwa by’ikoranabuhanga by’ibanze, bigatuma birushaho kuba byizewe mu guhangana n’ibitero by’ikoranabuhanga bikomeje kwiyongera.
Sosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda yatangaje ko yagejeje internet ya 5G mu Rwanda ku nshuro ya mbere, ikaba yatangiye kuboneka kuri site ya Kigali Heights/KCC . Mu butumwa iyi sosiyete yanyujije ku mbuga nkoranyambaga, yagize iti "Dufite site...