Umwaka wa 2025 wasize urwego rw’ubuvuzi mu Rwanda rwerekana intambwe ikomeye mu gutanga serivisi zinoze kandi zigezweho, by’umwihariko mu kuvura indwara zikomeye zitari zisanzwe zivurirwa imbere mu gihugu. Ibi byatumye Abanyarwanda benshi batakijya gushaka ubuvuzi mu mahanga, ahubwo...
Ku itariki ya 22 Ukuboza 2025, Inteko y’Umuco yateguye ikiganiro n’abanyamakuru cyahujwe n’imurikabikorwa rya service y'inkoranyabitabo y'igihugu hagamijwe kugaragaza uko iyi service ikora, uko ikoreshwa n'intambwe imaze gutera mu guha abanyarwanda ubumenyi binyuze muri service itanga zirimo n'izashyizwe...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Ukuboza 2025, Spice Diana mu kinganiro n’itangazamakuru yagaragaje urukundo akunda ruhago. avuga ko ari umukino yatagiye gukunda nyuma y’uko agiranye amasezerano yo kwamamariza ikigo cy’imikino y’amahirwe. Yagize ati: “Gukunda ruhago. Bitewe...
Ni bato mu myaka ariko ibyo bakora mu ikoranabuhanga byo biratangaje.Abo ni abana bari hagati y'imyaka icyenda na 12 bo ku ishuri ribanza rya Bright School riri mu karere ka Muhanga, rwagati mu Rwanda, bigishwa ubuhanga bwo gukora...
Kigali, Rwanda — Africa Week 2025 has once again positioned Rwanda at the heart of the continent’s innovation movement, drawing global attention as founders, investors, policymakers, and ecosystem enablers convene at Norrsken House Kigali on November 20–21. More...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yahamagariye ibihugu bya Afurika gushyira imbere ikoranabuhanga rifasha abaturage bose, aho kuba iry’abatoranijwe bake, ubwo yafunguraga ku mugaragaro inama y’Isi y’Ikoranabuhanga kuri telephone izwi nka Mobile World Congress (MWC) yabereye i...
Niba ukora content kuri YouTube cyangwa uteganya gutangira, hari ibintu by’ingenzi ugomba kumenya ku bijyanye na YouTube Copyright. Abakora videwo benshi bakunze guhura na Copyright Strike cyangwa Copyright Claim, rimwe na rimwe batabizi neza icyo bisobanura. Muri iyi...
Ku wa 7 Kanama 2025, hatangijwe ku mugaragaro igikorwa kizwi nka ‘pre-enrollment platform’ cyo kwemeza umwirondoro w’Abaturarwanda usanzwe mu irangamimerere no gukosora ku bafite amakosa muri sisitemu y’indangamuntu. Iki ni igikorwa kibanziriza icyo gutanga indangamuntu y’ikoranabuhanga ku baturage....
"BIME AMATWI" ni ubukangurambaga bushya bwatangijwe na RURA ku bufatanye na BNR, RIB, Polisi y’u Rwanda n’ibigo by’itumanaho, bugamije kurwanya ubujura n’ubushukanyi bukorerwa kuri SIM card no mu ikoranabuhanga. Bugamije kongerera abaturage ubumenyi bwo kwirinda uburiganya bukoreshejwe telefoni...
Iyi nkuru igamije gufasha umusomyi wa Impinga.rw gusobanukirwa uburenganzira itegeko rigenga kurinda amakuru bwite (Data Protection and Privacy Law) riha buri muturage mu buryo burambuye, busobanutse kandi bunyura mu mibereho isanzwe.