Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, Confederation of African Football (CAF), yemeje ko imikino ya ¼ cya CAF Champions League izakinwa hifashishijwe ikoranabuhanga rya VAR, ririmo no kuzakoreshwa bwa mbere kuri Stade Amahoro nyuma y’igeragezwa ryayo ryari riherutse kuba...
Ubushakashatsi bw'abahanga mu isanzure burimo kugera ku bimenyetso byerekana ko umubumbe w'Ukwezi, uku tubona hejuru yacu, waba waravutse nyuma y'uko umubumbe w'isi ugonganye n'undi mubumbe wahozeho ukaza kuzimira. Mu myaka miliyari 4.5 ishize, umubumbe witwaga Theia bikekwa ko...
Nyuma yo kuvuga kenshi ko ikigo cye SpaceX kizagera kuri Mars mu mwaka wa 2026, umuherwe wa mbere ku Isi Elon Musk yongeye gutungura benshi atangaza ko ubu icyibandwaho cyane ari kubaka umujyi ku kwezi. Mu butumwa yashyize ku rubuga X ku Cyumweru, Musk yavuze ko...
Muri iyi minsi, abana bareba TV cyane ariko kandi benshi bakoresha telephone cyane cyangwa se Ipad. Muri iyi nkuru turabagezaho ibyo akwiriye kureba bimugenewe n’ibigenewe ababyeyi. Nkuko bitangazwa n’urubuga ’healthmatters.nyp.org , ruvuga ko abana bakoresha cyane ’screens’ rero bishobora...
Tekereza uvukiye ku Kwezi, ukahakurira ubuzima bwawe bwose, aho gusimbuka metero nyinshi biba ibisanzwe, naho kugenda bigasa n’umukino. Ubuzima bwo ku Kwezi buba butandukanye cyane n’ubwo ku Isi, kuko ahantu hose hari imbaraga za rukuruzi zidasa. Ku kwezi,...
Kigali, Mutarama 2026 – Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko yahagaritse by’agateganyo mu gihe cy’amezi atatu ibikorwa bya Mobicash Rwanda Ltd, ikigo cyigenga gitanga serivisi z’imari zikorerwa kuri telefoni zigendanwa. Iri hagarikwa ryatangiye ku itariki ya 23...
Leta ya Uganda yatangaje ko yakuyeho imbogamizi zose ku mbuga nkoranyambaga zari zarashyinzweho, nyuma y’ibyumweru byari bishize abantu dafite uburyo bwisanzuye bwo kuzikoresha mu gihe cy’amatora aherutse. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Mbere na Jenerali Muhoozi Kainerugaba, yatangaje...
Ikigo gishinzwe kugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro (RURA) cyashyizeho amabwiriza mashya agiye gukemura burundu ikibazo cyari kimaze igihe kigaragara ku bakoresha telefone mu Rwanda kigakuraho urujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zidakora ku miyoboro yose. Mu mabwiriza...
Mu myaka ya vuba, imiturire i Kigali iragenda ihinduka, iva ku nzu zisanzwe igana ku zubakiwe guhuza ikoranabuhanga, ituze n’imibereho igezweho. Mu bice bimwe by’umujyi, cyane cyane ahari kugenda hagurwa cyane n’abashoramari, hatangiye kugaragara inzu zifite “ubwenge” zishobora...
Ibiciro by'ibikoresho by'ikoranabuhanga twese dukoresha biraza kuzamuka muri 2026 kubera ibiciro bya RAM- kimwe mu bintu bihendutse bigize za mudasobwa igiciro cyabyo cyikubye kabiri kuva mukwezi kwa cumi 2025. Ikoranabuhanga rikoresha ibintu byinshi kuva kuri telefoni zigezweho kugera...