"BIME AMATWI" ni ubukangurambaga bushya bwatangijwe na RURA ku bufatanye na BNR, RIB, Polisi y’u Rwanda n’ibigo by’itumanaho, bugamije kurwanya ubujura n’ubushukanyi bukorerwa kuri SIM card no mu ikoranabuhanga. Bugamije kongerera abaturage ubumenyi bwo kwirinda uburiganya bukoreshejwe telefoni...
Iyi nkuru igamije gufasha umusomyi wa Impinga.rw gusobanukirwa uburenganzira itegeko rigenga kurinda amakuru bwite (Data Protection and Privacy Law) riha buri muturage mu buryo burambuye, busobanutse kandi bunyura mu mibereho isanzwe.
Sobanukirwa itegeko rigenga kurinda amakuru bwite y’umuntu mu Rwanda. Inkuru irambuye isobanura uburenganzira bw’abaturage, inshingano z’abatanga serivisi n’ibihano biteganywa ku barirengaho.
U Rwanda rwatsindiye igihembo mpuzamahanga cya WSIS+20 Champion kubera gahunda ya Digital Ambassador Program (DAP) yahuguye abaturage barenga miliyoni 3.2 mu ikoranabuhanga binyuze mu rubyiruko.
Imbuga nyinshi zo ku isi, zirimo iz’ibitangazamakuru nka Associated Press, Sky News na BuzzFeed, zigiye kugira ububasha bwo guhagarika porogaramu za "Artificial Intelligence" (AI) zizwi nka bots mu gukura amakuru ku mbuga zitabiherewe uburenganzira. Ibi bije nyuma y’uko...
Ikoranabuhanga ryahinduye uburyo umuziki ucuruzwa… Mu myaka yashize, kubona amafaranga mu muziki byasabaga ibitaramo n’imikoranire n’ibitangazamakuru ( kugeza ubu twakwita gakondo). Ubu ibintu byarahindutse. Digital platforms nka Spotify, Apple Music, Boomplay, YouTube Music, n’izindi zatangiye guha abahanzi bo...
Minisitiri Ingabire yavuze ko ubu buryo buzafasha kurinda ibikorwa by’ikoranabuhanga by’ibanze, bigatuma birushaho kuba byizewe mu guhangana n’ibitero by’ikoranabuhanga bikomeje kwiyongera.
Sosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda yatangaje ko yagejeje internet ya 5G mu Rwanda ku nshuro ya mbere, ikaba yatangiye kuboneka kuri site ya Kigali Heights/KCC . Mu butumwa iyi sosiyete yanyujije ku mbuga nkoranyambaga, yagize iti "Dufite site...
Uyu mushinga wa Stargate, ufite agaciro ka miliyari 500 z'amadolari, ni ubufatanye bwa OpenAI, Oracle na SoftBank, ugamije kubaka ibigo by'ikoranabuhanga mu bihugu bitandukanye ku isi. UAE izaba kimwe mu bihugu bizitabira uyu mushinga, aho biteganyijwe ko izashora...
Ni imodoka yamurikiwe i Kigali tariki ya 30 Mutarama 2025, ikozwe mu buryo bubereye amaso ndetse ikaba ifite ikoranabuhanga rigezweho rifasha abayigendamo kunyurwa n’ingendo bakora. Maneger Alphonse ukuriye ishami rishinzwe gucuruza ibinyabiziga muri Toyota Rwanda yabwiye itangazamakuru ati:...