• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, April 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Ubu ni igihe cyo gushora imari no gutegura ejo hazaza” – Winnie Nwagi

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 21, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Winnie Nwagi, yatandaje ko ageze ku rwego kuba yaba umuntu mukuru kandi ufite ubushobozi mwinshi, avuga ko ari yo mpamvu ari gukora cyane anashaka indi mirimo, ishobora ku mwungukira (side hustles), kugira ngo abashe kwinjiza amafaranga, ayashore mu bikorwa bindi by’iterambere no gutegura ejo hazaza he.

Nubwo umuziki wa Winnie Nwagi wamwubakiye izina ndetse ukanamuha itsinzi ikomeye, yanatagaje ko bidashoboka ko yaguma kwamamara iteka ryose. Cyane ko akomeza gukura.

Winnie yakomeje avuga ko ateganya gushyira imbaraga mu mishanga itandukanye y’ubucuruzi izamufasha kwiteza imbere mu zabukuru, ndetse no kwita ku muryango we no gukomeza kubaho neza.

Uyu muhanzikazi  wori Swagz Avenue asanzwe anakora umwuga w’ubucuruzi bw’imyambaro, bikaba bivugwa ko afite indi mishanga y’ubucuruzi atifuje gutangaza.

Mu kiganiro yagiranye na Tawfiq Media, uyu mubyeyi afite umwana umwe, akaba anafite  imyaka 36 y’anavuko, yavuze ko imyaka agezemo imusaba gutangira gushora imari mu buryo bwiza kandi bwitondewe kugira ngo ategure ejo hazaza.

Yagize ati: “Ubu maze gukura bihagije, n’icyo gihe cyo gukora cyane ndetse no gushora imari mu mishanga igiye itandukanye. Imyaka ngezamo irasaba gufata ibyemezo bikomeye kandi bifatika. Sinshobora gushyira hanze iminshinga yanjye yose nashoyemo amafaranga, cyane ko abantu bahita batangira kunyibazaho byinshi.”

Sintewe ipfunwe n’ubucuruzi nkora kugira ngo mbone imibereho ndetse n’amafaranga; mbusangiza abakurikirana Snapchat ye. Ati: “Icy’ingenzi ni uko ubu meze neza kandi cyane, ubu maze gukura bihagije ku buryo nenye kwizigamira no kwiteza imbere nshora amafaranga mu bikorwa bigeye bitandukanye. Icyo nsaba abantu n’abakunzi banjye ni ugukomeza kushyigikira, kugira ngo nkomeze gutera imbere.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Spice Diana yemeje ko yatandukanye n’umujyanama we Roger nyuma y’imyaka 10 bakorana

Next Post

Justin Trudeau na Katy Perry bongereye kuvugisha benshi i Davos mu nama ya World Economic Forum

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
11 hours ago

Umunyarwanda Tuma Basa yasezeye kuri YouTube yagezemo mu 2018 ayobora igice cya ‘Urban Music’ ubu akaba akuriye icya ‘Black Music...

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
12 hours ago

Agahinda k’abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana mu bitaramo bitandukanye, kongeye kuzamurwa n’umufana wasomeye Winnie Nwangi mu...

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
13 hours ago

Nyuma y’ibyumweru bike umuraperi w’Umunyamerika Sean Combs, uzwi ku mazina nka “Diddy” yagabanyirijweho amezi abiri ku gifungo yari yakatiwe, itariki...

Next Post
Justin Trudeau na Katy Perry bongereye kuvugisha benshi i Davos mu nama ya World Economic Forum

Justin Trudeau na Katy Perry bongereye kuvugisha benshi i Davos mu nama ya World Economic Forum

Uganda: Spice Diana yatangaje ko yatandukanye na Roger Lubega, yatanze umuburo kuba mwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga

Uganda: Spice Diana yatangaje ko yatandukanye na Roger Lubega, yatanze umuburo kuba mwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga

Japhet Mazimpaka: Imbuga nkoranyambaga zahindutse icyorezo gihisha kwiyemera gupfuye

Japhet Mazimpaka: Imbuga nkoranyambaga zahindutse icyorezo gihisha kwiyemera gupfuye

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo
Uncategorized

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera
Imyidagaduro

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana
Imyidagaduro

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo
Imyidagaduro

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.