• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Tuesday, February 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Ubu ni igihe cyo gushora imari no gutegura ejo hazaza” – Winnie Nwagi

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 21, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Winnie Nwagi, yatandaje ko ageze ku rwego kuba yaba umuntu mukuru kandi ufite ubushobozi mwinshi, avuga ko ari yo mpamvu ari gukora cyane anashaka indi mirimo, ishobora ku mwungukira (side hustles), kugira ngo abashe kwinjiza amafaranga, ayashore mu bikorwa bindi by’iterambere no gutegura ejo hazaza he.

Nubwo umuziki wa Winnie Nwagi wamwubakiye izina ndetse ukanamuha itsinzi ikomeye, yanatagaje ko bidashoboka ko yaguma kwamamara iteka ryose. Cyane ko akomeza gukura.

Winnie yakomeje avuga ko ateganya gushyira imbaraga mu mishanga itandukanye y’ubucuruzi izamufasha kwiteza imbere mu zabukuru, ndetse no kwita ku muryango we no gukomeza kubaho neza.

Uyu muhanzikazi  wori Swagz Avenue asanzwe anakora umwuga w’ubucuruzi bw’imyambaro, bikaba bivugwa ko afite indi mishanga y’ubucuruzi atifuje gutangaza.

Mu kiganiro yagiranye na Tawfiq Media, uyu mubyeyi afite umwana umwe, akaba anafite  imyaka 36 y’anavuko, yavuze ko imyaka agezemo imusaba gutangira gushora imari mu buryo bwiza kandi bwitondewe kugira ngo ategure ejo hazaza.

Yagize ati: “Ubu maze gukura bihagije, n’icyo gihe cyo gukora cyane ndetse no gushora imari mu mishanga igiye itandukanye. Imyaka ngezamo irasaba gufata ibyemezo bikomeye kandi bifatika. Sinshobora gushyira hanze iminshinga yanjye yose nashoyemo amafaranga, cyane ko abantu bahita batangira kunyibazaho byinshi.”

Sintewe ipfunwe n’ubucuruzi nkora kugira ngo mbone imibereho ndetse n’amafaranga; mbusangiza abakurikirana Snapchat ye. Ati: “Icy’ingenzi ni uko ubu meze neza kandi cyane, ubu maze gukura bihagije ku buryo nenye kwizigamira no kwiteza imbere nshora amafaranga mu bikorwa bigeye bitandukanye. Icyo nsaba abantu n’abakunzi banjye ni ugukomeza kushyigikira, kugira ngo nkomeze gutera imbere.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Spice Diana yemeje ko yatandukanye n’umujyanama we Roger nyuma y’imyaka 10 bakorana

Next Post

Justin Trudeau na Katy Perry bongereye kuvugisha benshi i Davos mu nama ya World Economic Forum

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana

“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana

by Alex RUKUNDO
3 hours ago

Umuhanzikazi wamenyekaniye mu kigo cya Source management, Spice Diana, yagiriye inama bagenzi be bakora umuziki, ashimangira akamaro ko gukorana n’ikipe...

I Bruxelles hategerejwe igitaramo  cya Israel Mbonyi

I Bruxelles hategerejwe igitaramo cya Israel Mbonyi

by MUNYANKINDI Alphonse
4 hours ago

Mu gihe umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana ukomeje gukura no kwambuka imipaka, i Bruxelles mu Bubiligi hategerejwe igitaramo cyitezweho...

Kendrick Lamar yaciye agahigo nka Jay-z mu bihembo bya Grammy Awards 2026

Kendrick Lamar yaciye agahigo nka Jay-z mu bihembo bya Grammy Awards 2026

by Alex RUKUNDO
20 hours ago

Mu bihembo bya Grammy Awards 2026, umuraperi Kendrick Lamar yanditse amateka mashya, aba umuhanzi wa Hip-hop wegukanye ibihembo byinshi kurusha...

Next Post
Justin Trudeau na Katy Perry bongereye kuvugisha benshi i Davos mu nama ya World Economic Forum

Justin Trudeau na Katy Perry bongereye kuvugisha benshi i Davos mu nama ya World Economic Forum

Uganda: Spice Diana yatangaje ko yatandukanye na Roger Lubega, yatanze umuburo kuba mwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga

Uganda: Spice Diana yatangaje ko yatandukanye na Roger Lubega, yatanze umuburo kuba mwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga

Luwi Light yongeye kwitaba urukiko, Bebe Cool avuga ko atazihanganira uwukora ku muryango we

Luwi Light yongeye kwitaba urukiko, Bebe Cool avuga ko atazihanganira uwukora ku muryango we

Ibimenyetso byerekana ko inzoka ishobora kukurya n’uko wakwirinda ibyago byayo
Inkuru Ndende

Ibimenyetso byerekana ko inzoka ishobora kukurya n’uko wakwirinda ibyago byayo

by MUNYANKINDI Alphonse
February 3, 2026
“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana
Imyidagaduro

“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026
Rayon Sports mu gihirahiro: imikino iri imbere iteye impungenge
Imikino

Rayon Sports mu gihirahiro: imikino iri imbere iteye impungenge

by MUNYANKINDI Alphonse
February 3, 2026
I Bruxelles hategerejwe igitaramo  cya Israel Mbonyi
Imyidagaduro

I Bruxelles hategerejwe igitaramo cya Israel Mbonyi

by MUNYANKINDI Alphonse
February 3, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.