Latest Post

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite ibibazo bikomeye by’ubuzima. Uyu muyobozi wa Big Talent Entertainment yavuze ko arwaye bikomeye indwara y’igifu (ulcers), bityo bigatuma adashobora kumara amasaha menshi adafata amafinguro. Nk’uko...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo busa n’uburyo bw’ikiganiro gisanzwe. Abajijwe n’umunyakuru uko ahitamo ururimi ari bukoreshe aririmba. Yagize ati: ‘ ntabwo nicara ngo ntegure ururimi nkoresha mu ndirimbo. Igikuyu nahoze...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze hazwi nka Illusion Bar. Iki gikorwa giteganyijwe gutangira ku wa 8 Werurwe 2026, kikazajya kiba buri Cyumweru nijoro, kikazaba cyinjirwamo ku buntu kugira ngo abakunda...

Page 66 of 272 1 65 66 67 272

DUKURIKIRE KURI

INKURU NDENDE