Dj Brianne na Tesha mbere yo kurira indege bagiriye inama Bad Rama
Uko imbuga nkoranyambaga zikomeza gutuma abahanzi n’abanyempano bagera ku mpano zabo mu buryo twavuga bworoshye, ni na ko bamwe muri bo batangiye gukoresha ayo mahirwe bityo bagahura n’abafana babo imbonankubone. Ni muri urwo rwego Gateka Brianne wamamaye nka Dj brianne na Mutesi Sharon uzwi nka...









