Latest Post

Aimée Beauté Mushashi yasezeranye imbere y’amategeko

Aimée Beauté Mushashi yasezeranye imbere y’amategeko

Umunyamakuru wamamaye mu bitangazamakuru byo mu Rwanda, Aimée Beauté Mushashi, yasezeranye imbere y’amategeko n’umusore witwa Nyamwasa Francis, mu muhango wabaye ku wa 6 Werurwe 2026. Aya makuru Mushashi yayasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, aho yashyize amafoto agaragaza ibyishimo byaranze uwo muhango wo gusezerana imbere y’amategeko,...

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite ibibazo bikomeye by’ubuzima. Uyu muyobozi wa Big Talent Entertainment yavuze ko arwaye bikomeye indwara y’igifu (ulcers), bityo bigatuma adashobora kumara amasaha menshi adafata amafinguro. Nk’uko...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo busa n’uburyo bw’ikiganiro gisanzwe. Abajijwe n’umunyakuru uko ahitamo ururimi ari bukoreshe aririmba. Yagize ati: ‘ ntabwo nicara ngo ntegure ururimi nkoresha mu ndirimbo. Igikuyu nahoze...

Page 66 of 273 1 65 66 67 273

DUKURIKIRE KURI

INKURU NDENDE