“Naricujije gukorana indirimbo na bamwe mu bahanzi” – Dax Vibez
Nubwo mu myaka ibiri ishize yakoze indirimbo nyinshi ndetse ahakaba harimo n’izo yakoranye n’abandi bahanzi zakunzwe cyane, umuhanzi Dax Vibez wo mu itsinda rwa Vibrationz Entertainment yavuze ko hari bamwe mu bahanzi yicuza kuba yarakoranye na bo muri zimwe muri izo ndirimbo. Mu kiganiro yagiranye...









