Dore impamvu utacyumva icyanga cy’ubuzima
Bitadusabye gutekereza cyane, ushobora kureba umuntu akikuri kure ugahita ubona ko yatsinzwe n’ubuzima. Uzamubona nta mpagarike afite, agenda buhoro mu ngufu nkeya nk’iz’umurwayi ari na ko agerageza guseka ababaye ahisha akababaro. Muri make imbaraga n’ingufu z’ubuzima bwe ziba zaratakaye. Yataye icyanga cy’ubuzima. Hari ubwo yaba...









