Latest Post

kuki hari abantu baseka mu bibabaje?

kuki hari abantu baseka mu bibabaje?

Abantu bakunda guseka mu bibabaje baba ari abahanga cyane mu kugenzura amarangamutima yabo. Iyo ukunda kwisanga uri guseka mu bihe bibabaje nko mu kiriyo, uri gutongana n’abantu, cyangwa ufite ubukene, kiba ari ikimenyetso cy’uko ufite ubushobozi bwimbitse bwo kugenzura amarangamutima yawe. Ntabwo biterwa n’uko ufite...

Grenade Offical yinjiye mu idini rya Islam

Grenade Offical yinjiye mu idini rya Islam

Umuhanzi Deus Ndugwa, wamamaye nk Grenade Offical, bivugwa ko yahinduye idini yinjira mu idini ya Islamu,  akaba yiyongera ku bandi bahanzi bo muri Uganda binjiye muri iri dini rya Islamu. Amakuru avuga ko uyu muhanzi yavuye mu idina rya gikirisitu (Kristo) akinjira muri Islamu, idini...

Umunyamakuru Viana Indi yasezeye kuri next Media

Umunyamakuru Viana Indi yasezeye kuri next Media

Umunyamakuru ukora inkuru z’imyidagaduro Vivian Ayesiga Kabahindi, wamamaye nka Viana Indi,yasezeye ku kigo cy’itangazamakuru Next Media nyuma y’imyaka ine agikorera. Uyu munyamakuru kunze kwiyita Vybe Queen yinjiye muri Next Media muri Kamena 2022, aho yatangiye ari umunyamakuru n’umutumirwa mu kiganiro NBSSNL kuri NBS Television. Nyuma...

Page 56 of 272 1 55 56 57 272

DUKURIKIRE KURI

INKURU NDENDE