Turahirwa Moses yakatiwe mu bujurire
Urukiko Rukuru rwa Kigali rwashimangiye ko umunyamideli Turahirwa Moses agomba gufungwa imyaka 3 akanatanga ihazabu ya miliyoni 2 Frw nk’uko yabikatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo. Ni nyuma y’uko yari yajuririye icyemezo cy’Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo aho muri 2024 rwamuhamije icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge no gukoresha...









