Yisabiye Polisi ku mutwara Iwawa mu Kigo Ngororamuco bamwereka indi nzira.
Uwiyita Nibisazi ku mbuga nkoranyambaga yandikiye Polisi y’u Rwanda avuga ko ibintu bitifashe neza mu mibereho ye, asaba ko yajyanwa mu Kigo Ngororamuco cya Iwawa giherereye mu Karere ka Rutsiro mu Ntara y’Iburengerazuba kwigirayo imyuga. Ni ubutumwa yashyize ku rubuga rwa X rwahoze ari Twitter...









