U Rwanda Rugiye Kwakira Imurikagurisha Mpuzamahanga ku Nshuro ya 28
U Rwanda ruzakira imurikagurisha mpuzamahanga ngarukamwaka ku nshuro yaryo ya 28, rizitabirwa n’ibihugu birenga 30 hamwe n’abashoramari bagera kuri 450. Iri murikagurisha rizatangira ku wa 29 Nyakanga rigasozwa ku wa 17 Kanama 2025, rizabera ahasanzwe habera iki gikorwa i Gikondo (Expo Grounds), mu Mujyi wa...









