Kigali yiyemeje gukura mu muhanda imodoka zidafite amashanyarazi guhera mu 2026
Kuri uyu wa 01 Nyakanga 2025, Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu mwaka utaha wa 2026 nta modoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange idakoresha amashanyarazi izaba ikorera muri uyu mujyi. Bamwe mu bafite amasosiyete atwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali no mu ntara...









