Israel yakajije ibitero muri Gaza mbere y’imishyikirano i Washington
Mu gihe isi ikomeje gusaba ihagarikwa ry’intambara, Israel yongeye kugaba ibitero bikomeye Mu gace ka Gaza kuRri uyu wa Mbere, aho ibitero byahitanye nibura abantu 60, benshi muri bo bakaba ari abasivile, abandi barakomereka. Ibi bitero byabaye mbere y’uko hatangira imishyikirano izabera muri Leta Zunze...









