Kaffy wo muri Nigeria yihanangirije imyumvire ivangura abagore batandukanye n’abagabo
Umubyinnyi w’ikirangirire akaba n’umutoza w’imbyino muri Nigeria, Kafayat Shafau wamenyekanye cyane ku izina rya Kaffy, yatangaje ko akunze guhura n’ivangura rishingiye ku kuba yatandukanye n’umugabo we. Avuga ko hari abamubwira ko atagakwiye kongera gushaka cyangwa gutekereza ku rukundo bitewe n’uko ari umubyeyi w’abana babiri. Mu...









