Abanyamerika batunguwe na Nicki Minaj wavugiye Abakirisitu bo muri Nigeria
Umuraperikazi w’ikiragiririre wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,, ufite inkomoko ukomoka muri Trinidad, Nicki Minaj, yavugishije benshi nyuma y’aho ashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga ze bwamagana ihohoterwa rikorerwa Abakirisitu bo muri Nigeria. Ubutumwa Nick Minaj yashyize ku rubuga X (Twitter) bwamenyekanye nyuma y’uko Perezida...









