“Ndi Mama Wawe… Sinapfuye!” – Umugore bivugwa ko yiyitirira umuhanzi w’icyamamare
Abanya-Kenya bakomeje guterwa urujijo nyuma y’uko umugore wiyitiriye kuba ari nyina wa muhanzi w’icyamamare Kevin Bahati atangaje ko akiri muzima, kandi ko ari we yamubyaye. Iyi mvugo ikomeje kuvugisha benshi kuko ihabanye n’inkuru Bahati amazeyo imyaka avuga ko nyina yapfuye akiri umwana muto. Uyu mugore...









