Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy
Abakunzi b’imyidagaduro n’urwenya baritegura ijoro ridasanzwe kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mutarama 2026, ubwo hateganyijwe igitaramo cya Gen Z Comedy Show, ari na cyo cya mbere kizaba kibaye muri uyu mwaka. Iki gitaramo giteganyijwe kubera mu ihema rya Camp Kigali, kikazahuriza hamwe ibyamamare bitandukanye...









