Mani Martin agarutse n’album nshya Rebirth
Mani Martin, umwe mu bahanzi bafite izina rikomeye mu muziki Nyarwanda, yatangiye ku mugaragaro urugendo rwo kumenyekanisha album ye nshya yise “Rebirth”, imaze kwigarurira imitima ya benshi mu bakunzi b’umuziki mu Rwanda. Ni mu gitaramo cyabereye muri Tic Tac Boutique Hotel Kacyiru mu mujyi wa...









