• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, September 11, 2025
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Urukundo

Ndagisha inama: nkore iki ko Maze igihe ndyamana n’umugabo w’abandi kubireka byarananiye

Impinga Media by Impinga Media
November 12, 2024
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Basomyi bacu muraho kandi murakomeye? Amahoro y’Imana abane na mwe. Mu minsi ishize hari umugore watwandikiye adusaba ko mwamugira inama ku kibazo kimukomereye kandi avuga ko amaranye igihe. Mureke dufatanye kumugira inama.

UBUHAMYA: Nahisemo kubandikira hano kubera inama zitangwa n’abantu b’inyangamugayo bashobora kuba banyura mu bintu bitandukanye. Ntibyari byoroshye gufata iki cyemezo cyo kwandikira hano, ariko banyijeje ko umwirondoro wanjye uzaguma mu ibanga. Iki kibazo nifuza kugishakira igisubizo gikwiye: maze igihe kinini ndyamana n’umugabo w’inshuti y’umugabo wanjye, kandi bakorana.

Nabonye hano haba inama nyinshi zafasha umuntu. Biragoye gufata icyemezo cyo kwandikira Umuseke ariko banyijeje ko bidashoboka ko batangaza amazina yanjye. Ikibazo kinkomereye ni iminsi myinshi maze ndyamana n’umugabo utari uwanjye kandi w’inshuti y’uwanjye kuko bakorana.

Iki kintu kimaze umwaka urenga nkibamo, iyi nshuti y’umugabo wanjye twamenyanye yaje kudusura. Agenda anyereka ubucuti busanzwe buhoro buhoro kugeza andushije imbaraga turaryamana mu ibanga.

Nagize intege nke kenshi yampamagara ngo musange ahantu nkananirwa kwihangana nkagenda tukaryamana ngataha mvuga ko ntazongera ariko umwaka urashize tubikora nka kabiri mu kwezi. Umugabo wanjye nta kintu aramenya habe na madam w’uriya mugabo ntanumwe uducyeka.

Ndi mukuru ariko iki kintu gituma numva meze nk’umwana, nkumva nsuzuguritse ariko kukireka byarananiye. Nubwo yaba abikora neza kurusha umugabo wanjye ariko mbikunda ubwo gusa nyuma nkumva ndigaye cyane isoni zikankora, ariko iminsi yashira nabona appel ye nkananirwa kwihangana neza neza.

Ngerageza gusenga cyane ngo nsabe Imana kubireka bikanga, ntamuntu wundi nabigishamo inama kuko ntamuntu nakwizera pe kuko birakomeye byanansenyera kandi twitegura kubyarana bwa kabiri n’umugabo wanjye nkunda.

Ndabasabye rero, simbazi nanjye ntimunzi, mungire inama wenda muri zo ndabonamo igisubizo kuko nabonye hano haba abantu bafite ibitekerezo byafasha umuntu. Mumbwire icyo nakora ngo mpagarika kuryamana n’uyu mugabo.

Murakoze.

Sharinga kuri:

  • Click to share on WhatsApp (Opens in new window) WhatsApp
  • Click to share on Facebook (Opens in new window) Facebook
  • Click to share on X (Opens in new window) X

Related

Share2Tweet1Send
Previous Post

Imvano yo Kuvugisha inani na rimwe: Imvugo yazanywe n’umwaduko wa Primyus ya Bralirwa.

Next Post

Abagera kuri 200 ni bo bazitabira irushanwa rya CIMEGOLF 2024 Kunshuro ya 6.

Impinga Media

Impinga Media

IZINDI NKURU WASOMA

REB yakomoje ku ibanga ry’imitsindire y’abanyeshuri

REB yakomoje ku ibanga ry’imitsindire y’abanyeshuri

by Alex RUKUNDO
3 weeks ago

Hasigaye ibyumweru bitatu gusa ngo umwaka w’amashuri wa 2025-2026 utangire ku itariki ya 8/9/2025. Kuva kuri uyu wa mbere abanyeshuri...

Umuganura: Umunsi wo Gusangira ibyejejwe

Umuganura: Umunsi wo Gusangira ibyejejwe

by Alex RUKUNDO
1 month ago

Mu myaka mirongo itatu n’umwe ishize, u Rwanda rwariyubatse rwateye intambwe ishimishije mu ikoranabuhanga, ku buryo iminsi mikuru imwe n’imwe...

Urukundo rwanjye rwatangiriye ku rupapuro (IGICE 1)

Urukundo rwanjye rwatangiriye ku rupapuro (IGICE 1)

by Alex RUKUNDO
2 months ago

Ese urukundo uraruzi? Nonese uzi ibisobanuro byarwo? Ahubwo se uzi akababaro gaterwa n’urukundo, harimo kwigunga no kwiheba bitewe n’umuntu waguhakaniye?...

Next Post
CIMEGOLF 2024

Abagera kuri 200 ni bo bazitabira irushanwa rya CIMEGOLF 2024 Kunshuro ya 6.

Urukundo rwa Megan Fox na Machine Gun Kelly rugiye kuvamo umwana wabo w’imfura

Urukundo rwa Megan Fox na Machine Gun Kelly rugiye kuvamo umwana wabo w'imfura

Divorce

Ngibi ibyo gutekerezaho mbere yo gutandukana n’uwo mwashakanye

Iserukiramuco rya Kigali Fashion Festival 2025 rigiye kubera i Kigali
Imyidagaduro

Iserukiramuco rya Kigali Fashion Festival 2025 rigiye kubera i Kigali

by Peacemaker PUNDIT
September 9, 2025
Umuyobozi wa RGB akunda umuziki wa Ruti Joel
Imyidagaduro

Umuyobozi wa RGB akunda umuziki wa Ruti Joel

by Peacemaker PUNDIT
September 9, 2025
Kevin Kade yahishuye impamvu atagaraye muri Iwacu muzika festival 2025
Imyidagaduro

Kevin Kade yahishuye impamvu atagaraye muri Iwacu muzika festival 2025

by Alex RUKUNDO
September 8, 2025
Bruno K yatangije igikorwa cyo gukusanya inkunga yo gutabara umuryango wa Gogo
Imyidagaduro

Bruno K yatangije igikorwa cyo gukusanya inkunga yo gutabara umuryango wa Gogo

by Alex RUKUNDO
September 8, 2025

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.