• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, September 11, 2025
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Uncategorized

Jay-Z yabaye umuhanzi ukize kurusha abandi ku isi

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
August 22, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuraperi w’Umunyamerika Jay-Z, uzwi kandi nk’umugwizatunga n’umushoramari ukomeye, yongeye kwandika amateka nyuma yo kwemezwa na Forbes Billionaire List 2025 nk’umuhanzi ukize kurusha abandi ku isi.

Nk’uko Forbes ibigaragaza, umutungo wa Jay-Z ubarirwa kuri miliyari 2.5 z’amadolari (asaga triliyari 3.25 z’amafaranga y’u Rwanda). Ibi bituma atari ikirangirire gusa mu muziki wa hip-hop, ahubwo n’umwe mu bantu bafite uruhare rukomeye mu ruganda rw’imyidagaduro ku isi.

Urutonde rwasohotse muri iki cyumweru rugaragaza Jay-Z imbere ya bamwe mu byamamare bikomeye ku isi barimo Taylor Swift (1.6 $ biliyari), Rihanna (1.4 $ biliyari) na Bruce Springsteen. Byatumye asimbura Sean “Diddy” Combs wari umaze imyaka kuva mu 2018 ari ku mwanya wa mbere, afite umutungo wa miliyoni 820 z’amadolari.

Forbes isobanura ko ubutunzi bwa Jay-Z bwaturutse mu bikorwa bitandukanye by’ubucuruzi. Uretse umuziki, afite Roc Nation, ikigo gikomeye mu myidagaduro no mu mikino, ndetse n’ibirango by’ibinyobwa by’ubukire Armand de Brignac champagne na D’Ussé cognac. Ibi bimungira umukire wisiangiye amakampan n’imirimo , uhereye ku muziki ukagera ku bucuruzi rusange.

Hari kandi ibikorwa afite by’ishoramari, ubutaka n’ikoranabuhanga, ibi byamugize umukire w’ikiragirire, wavuye mu muziki akora n’ibindi bikorwa binini by’ubucuruzi.

Amazina Jay-Z yiswe n’ababyeyi ni Shawn Carter akaba yaravukiye muri Brooklyn, yatangiye ku ririmba nk’umuraperi mu mihanda no mu marushanwa. Mu 1998, Billboard 200 yashyiz ku mwanya wa mbere ku rutonde rwa bahanzi batandukany abinyuze kuri album ye Vol. 2… Hard Knock Life, ari na yo yamuhesheje igihembo cya Grammy cya mbere. Album ye The Blueprint yo mu 2001 niyo ya mu menyekanishije izina rye riba ikimenywa na bose ndetse n’ijwi rye rikomera mu muziki wa hip-hop.

Nubwo mu 2003 yari yatangaje ko asezeye gukora umuziki, ntiyigeze areka umuziki burundu. Yakomeje gushyira hanze indirimbo n’imishinga itandukanye, harimo no gufatanya n’abandi bahanzi, ndetse aherutse gukora umuziki wakoreshejwe muri filimi ya 2024 The Book of Clarence.

Forbes, kuva mu 1987 ikora urutonde rw’abaherwe ku isi, yavuze ko kuzamuka kwa Jay-Z ari urugero rwiza rugaragaza uko ibyamamare bishobora guhinduka abanyemari bakomeye.

Sharinga kuri:

  • Click to share on WhatsApp (Opens in new window) WhatsApp
  • Click to share on Facebook (Opens in new window) Facebook
  • Click to share on X (Opens in new window) X

Related

Share2Tweet1Send
Previous Post

Nicolas Cage ari mu biganiro byo kugaragara muri True Detective ku nshuro ya gatanu

Next Post

Umugore wa Jose Chameleone, yasabye urukiko gutandukana n’umugabo we nyuma yimyaka 17 bashakanye

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Uganda: Fik Fameica Yateguje Igitaramo i Lugogo

by Alex RUKUNDO
6 days ago

Umuhanzi wo muri Uganda, Fik Fameica, yateguje igitaramo cye cyizaba ku itariki ya 5 Nzeri, kikaba cyitezwe. Yatangiye imyiteguro ya...

Bushali muri rwaserera, Tiwa Savage kuri Tatoo (Avugwa mu myidagaduro)

Bushali muri rwaserera, Tiwa Savage kuri Tatoo (Avugwa mu myidagaduro)

by Peacemaker PUNDIT
1 week ago

Iyi nkuru ikubiyemo amakuru avugwa mu isi y’imyidagaduro. Ntabwo twakusanyije amakuru menshi ahubwo twakurikiranye ikibazo cya Bushali n'umuyobozi wa PSF...

Zuchu yasusurukije umuhango wo gusoza CHAN 2024 i Nairobi

Zuchu yasusurukije umuhango wo gusoza CHAN 2024 i Nairobi

by Alex RUKUNDO
1 week ago

Umuhanzikazi wo muri Tanzania Zuchu, yatumiwe mu muhango wo gusoza irushanwa rya CHAN 2024, nk'umuhanzi  mukuru, iri rushanwa rya CHAN 2024,...

Next Post
Umugore wa Jose Chameleone, yasabye urukiko gutandukana n’umugabo we  nyuma yimyaka 17 bashakanye

Umugore wa Jose Chameleone, yasabye urukiko gutandukana n'umugabo we nyuma yimyaka 17 bashakanye

Lil Nas X yafashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo kugaragara yambaye ubusa nijoro muri Los Angele

Lil Nas X yafashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo kugaragara yambaye ubusa nijoro muri Los Angele

Amafaranga agira ururimi rwihariye

Ururimi rw’Amafaranga: Impamvu 5 Gukira Bitangira mu Mutwe

Iserukiramuco rya Kigali Fashion Festival 2025 rigiye kubera i Kigali
Imyidagaduro

Iserukiramuco rya Kigali Fashion Festival 2025 rigiye kubera i Kigali

by Peacemaker PUNDIT
September 9, 2025
Umuyobozi wa RGB akunda umuziki wa Ruti Joel
Imyidagaduro

Umuyobozi wa RGB akunda umuziki wa Ruti Joel

by Peacemaker PUNDIT
September 9, 2025
Kevin Kade yahishuye impamvu atagaraye muri Iwacu muzika festival 2025
Imyidagaduro

Kevin Kade yahishuye impamvu atagaraye muri Iwacu muzika festival 2025

by Alex RUKUNDO
September 8, 2025
Bruno K yatangije igikorwa cyo gukusanya inkunga yo gutabara umuryango wa Gogo
Imyidagaduro

Bruno K yatangije igikorwa cyo gukusanya inkunga yo gutabara umuryango wa Gogo

by Alex RUKUNDO
September 8, 2025

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.