• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, April 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Halima Namakula yasabye ko hakorwa umuhango wo kwibuka Mowzey Radio

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 28, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzikazi akaba n’umwe ukora ibikorwa by’impuhwe, Halim Namakula, yasangije abantu bimwe mu byo bintu byamusigaye ku mutima yibukiraho umuhanzi w’ikirangirire, Mowyze RAdio, avuga ko uyu muhanzi w’itabye Imana mu 2018, imwe mu mico yamuraze n’uruhare yagize mu guteza imbere umuziki wa Uganda.

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Namakula yavuze ko kimwe mu bintu atazibagirwa kuri Mowzey Radio wa barizwaga mu itsinda rya Goodlife ari ukutagondwa kwe ( ubunyangamugayo) n’ijwi rye yari afite rihebuje kandi ritavangiye na gato.

Yibikije abantu ko Mowyze Radio yajyaga amuhamagara n’ijwi riranguruye igige yabaga ariku yiwe nka metelo 2-3, agamije gusa ko amwitaho.

Yagize ati: “Icyo nibuka cyane kuri Mowyze Radio ni uko yari uuntu w’inyangamugayo. Yajyaga ampamagara n’ijwi riranguruye.”

Halima Namakula yanavuze ko Mowyze Radio yakoze indirimbo afatanyije n’umukobwa we Rachel K, akaba yizera ko iyo ndirimbo ari yo yari ibaye iya mbere yari akoranye n’umuhanzikazi. 

Halima ati: “Yakoranye indirimbo na Rachel K. Ntekeraza ko ari bwo bwa mbere yari afatanyije n’umuhanzikazi gukora indirimbo.”

Byongeyeho, Halima Namakula yanaboneyeho asaba ubuyobozi bw’Ihuriro ry’Abahanzi ba Uganda (Uganda National Musicians Federation – UNMF) gufasha nyina wa Mowzey Radio gutegura igikorwa cyo kumwibuka no kwizihiza umurage yasigiye umuziki wa Uganda, avuga ko nta gikorwa nk’icyo cyari cyakoze kuva uyu muhanzi yashyingurwa.

Mowzey Radio yitabye imana mu mwaka wa 2028, bivuze ko hashize imyaka 8 apfuye, iki gikorwa cyo kumwibuka n’ibintu bimaze gihe bisabwa n’abahoze ari abakunzi banyakwigendera ndetse n’abamwe mubahanzi kuva mu mwaka wa 2025.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Bwiza agiye kumurika Album ye yise “Home” mu bitaramo hirya no hino ku isi

Next Post

Gisubizo Ministry na The Ben basohoye bahuriyemo bise “Nabaye umwe n’Imana”

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
5 hours ago

Umunyarwanda Tuma Basa yasezeye kuri YouTube yagezemo mu 2018 ayobora igice cya ‘Urban Music’ ubu akaba akuriye icya ‘Black Music...

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
6 hours ago

Agahinda k’abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana mu bitaramo bitandukanye, kongeye kuzamurwa n’umufana wasomeye Winnie Nwangi mu...

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
7 hours ago

Nyuma y’ibyumweru bike umuraperi w’Umunyamerika Sean Combs, uzwi ku mazina nka “Diddy” yagabanyirijweho amezi abiri ku gifungo yari yakatiwe, itariki...

Next Post
Gisubizo Ministry na The Ben basohoye bahuriyemo bise “Nabaye umwe n’Imana”

Gisubizo Ministry na The Ben basohoye bahuriyemo bise “Nabaye umwe n’Imana”

Nyuma yo kwakira agakiza, Yampano yatangaje ubukwe n’umukunzi weUwineza Vava

Nyuma yo kwakira agakiza, Yampano yatangaje ubukwe n’umukunzi weUwineza Vava

Davis D yasobanuye impamvu atagikorana na Elment Eleeeh

Davis D yasobanuye impamvu atagikorana na Elment Eleeeh

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo
Uncategorized

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera
Imyidagaduro

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana
Imyidagaduro

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo
Imyidagaduro

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.