• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Eddy Kenzo yatangaje ateganya kurega Nobat Events nyuma y’amatora

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 1, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi w’icyamamare akaba n’umuyobozi wa Big Talent Entertainment, Eddy Kenzo, yatangaje ko ateganya kurega Nobat Events mu nkiko nyuma y’uko amatora ari gukorwa azaba arangiye. Yavuze ibi mu gihe kandi yahakanye iby’uko umuhanzi Bebe Cool yaba ari kumusubiza inyuma mu bikorwa by’ubukangurambaga bw’ishyaka NRM.

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Kenzo yavuze ko atababazwa n’abavuga ko hari abagerageza ku mubangamira mu bikorwa bye, ashimangira ko yubaha abahanzi bamubanjirije bose, barimo na Bebe Cool. Icyakora, Kenzo yanenze imyitwarire ya y’uyu muhanzi avuga ko aragwa no gukunda amakimbirane harimo no gusubiza abandi inyuma.

Yagize ati: “Nubaha cyane abantu benshi bamubanjirije muri uyu mwuga. Ariko Bebe Cool akunda cyane amakimbirane kandi akunda gusubiza abandi inyuma , akndi ibyo si ikibazo cyanjye.”

Ku bijyanye n’ikibazo cya Nobat Events, Kenzo yagarutse ku birego byatumye Nobat afugwa byvagateganyo mbere yo kurekurwa by’agateganyo n’ubundi (bail). Kenzo yasobanuye ko ibyo birego byatanzwe bwa mbere na Jose Chameleone, nubwo nobat yakomeje kugaragaza ko ari kenzo ubiri inyuma.

 Kenzo yavuze ko n’ubwo yagejeje ikibazo kuri Polisi, atigeze asaba ko Nobat atabwa muri yombi. Gusa, yagaragaje ko atishimiye uburyo Nobat yakomeje kuvuga izina rye mu ruhame arihuza n’icyo kibazo, bituma afata icyemezo cyo kumujyana mu nkiko.

Yagize ati: “Nari mpugiye mu matora, ariko namara kurangira tuzabikurikirana. Yavuze ibintu byinshi mbona atari byo, ariko azaza abisobanure imbere y’amategeko.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Ese urukundo rushobora kuramba hatabayeho imibonano mpuzabitsina?

Next Post

Abakobwa bo muri Suwede ntibagendera ku mafaranga — Rickman Manrick

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
29 minutes ago

Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bazwi ku rwego mpuzamahanga, Todd Galberth na Naomi Raine, batangaje ko u Rwanda...

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
22 hours ago

Abakunzi b’imyidagaduro n’urwenya baritegura ijoro ridasanzwe kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mutarama 2026, ubwo hateganyijwe igitaramo cya Gen Z...

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Hari filime nshya iri gutegurwa igamije gusubiza mu ndorerwamo y’amateka imwe mu nkuru zibabaje ariko zinagaragaza ubutwari bukomeye bwabereye i...

Next Post
Abakobwa bo muri Suwede ntibagendera ku mafaranga — Rickman Manrick

Abakobwa bo muri Suwede ntibagendera ku mafaranga — Rickman Manrick

Eddy Kenzo ashyize ahagaragara amakimbirane afitanye na Bebe Cool

Eddy Kenzo ashyize ahagaragara amakimbirane afitanye na Bebe Cool

MINAGRI irasaba abahinzi n’aborozi kwimakaza ubuhinzi bw’umwuga binyuze mu bumenyi bahawe

MINAGRI irasaba abahinzi n’aborozi kwimakaza ubuhinzi bw’umwuga binyuze mu bumenyi bahawe

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda
Imyidagaduro

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy
Imyidagaduro

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026
Uganda: William Nyombi Thembo yatangaje ko internet izasubiraho nyuma y’amatora
Umutekano

Uganda: William Nyombi Thembo yatangaje ko internet izasubiraho nyuma y’amatora

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026
Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo
Amateka

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

by MUNYANKINDI Alphonse
January 15, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.