Mu Rwanda, ibishanga bigira uruhare runini mu mibereho y’abaturage n’iterambere ry’igihugu. Uretse kuba byifashishwa mu buhinzi, cyane cyane ubw’imusozi muke n’umuceri, ni n’isoko y’amazi, ibimera, n’ibinyabuzima bitandukanye. Ariko kandi, mu myaka yashize, hari ikibazo cyagiye cyigaragaza aho ibishanga...
Uyu mugani wamamaye mu Rwanda, ucibwa n’umuntu umaze kugira intege nke, ni we babaza iki n’iki atatunganije, ati: «Ndatega zivamo!» Waturutse ku mugabo witwaga Ntambabazi ya Rufangura, mu Bitagata bya Muganza i Rukomaya Gitarama, ahayinga umwaka w’i 1600....
Uyu mugani bawuca iyo babonye umuntu cyangwa abantu benshi batumvikana cgangwa se benda no kurwana ni bwo abanyarwanda bagira bati: “bateye Rwaserera, nyamara nubwo iyi mvugo yamamaye mu Rwanda hose usanga ikoreshwa uko babyumva, imvano yayo itazwi bityo...
Urwego rw’Umuvunyi rwatangaje ko mu 2024 rwahuguye abanyeshuri ibihumbi 22 bo mu mashuri yisumbuye ku bikorwa byo kurwanya ruswa. Ni amakuru yatanzwe n’Umuvunyi Mukuru, Nirere Madeleine ku wa 11 Gashyantare 2025 ubwo hamurikwaga raporo y’ubushakashatsi bugaragaza uko mu...
Minisiteri y’Ubuzima (Minisante) yatangaje ko iminsi yo gukurikirana abahuye n’abanduye indwara ya Marburg yarangiye.
Umutwe w'Abadepite watoye abadepite batatu bazahagararira u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko Nyafurika (PAP) barimo Bitunguramye Diogene, Wibabara Jennifer na Tumukunde Aimée Marie Ange.
Umuraperi Uwimana Francis wamamaye nka Fireman yatangaje ko ari kwitegura gushyira hanze Album ye ya kane, kandi yayikoranyeho n’abahanzi banyuranye.
Ikipe ya AS Kigali yatsinze Vision ibitego 2-1 mu mukino w'umunsi wa Gatandatu wa shampiyona y'u Rwanda, ihita ica kuri Police ifata umwanya wa mbere.