Kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Kanama 2025, mu Ntara y’Iburasirazuba, Akarere ka Nyagatare, Umurenge wa Tabagwe, Akagari ka Nyagatoma, umusore w’imyaka 21 yishwe atewe icumu n’abo bari kumwe, icumu rimufata munsi y’igituza mu rubavu arapfa. Umuvugizi...
Umuhanga mu by'ubumenyi bw'ibisigaramatongo nti yabashije guhisha umujinya aterwa n’uko ibuye ridasanzwe rya meteorite ryavuye ku mubumbe wa Mars, ryavumbuwe mu myaka ibiri ishize muri Niger, ryaje kugurishwa mu cyamunara cyabereye i New York mu kwezi gushize, rikagurwa...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yageze ku masezerano na Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) yo kwakira abimukira bagera kuri 250, mu rwego rwo gufatanya mu gukemura ibibazo byugarije isi by’abimukira. Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi wa Guverinoma y’u...
Umusore w’imyaka 35 wo mu Karere ka Rutsiro, afunzwe akekwaho kwica ateye icyuma mu mutima mugenzi we w’imyaka 42, afashwe arimo agerageza kwihisha. Ibi byabereye mu Murenge wa Boneza, Akagari ka Kabihogo ho mu Mudugudu wa Rugamba mu...
Abasirikare batatu b’Ingabo za Uganda (UPDF) baguye mu mpanuka y’imodoka yabaye ku wa 28 Nyakanga 2025, mu mujyi wa Bunia, Intara ya Ituri, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Iyo mpanuka yabaye ubwo imodoka ya...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko iyo adatanga umusanzu mu biganiro by’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ibyo biganiro bitari kubaho, ahubwo ibintu byari kurushaho kuba bibi cyane....
Kampala, Uganda – Tariki ya 2 Gicurasi 2025 — Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane nka Bobi Wine, yatangaje ko inzego z’umutekano zashyize amakamera y’ubutasi inyuma y’ibiro bikuru by’ishyaka National Unity Platform...
Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko ibyihebe byishe abasirikare batatu b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Mozambique. Hari hashize iminsi mike ibyihebe byo muri “Islamic State” bikorera mu Ntara ya Cabo Delgado, mu Majyaruguru ya Mozambique...
Bamwe mu basaza barwanye urugamba rwo kubohora Igihugu kuva mu 1990, bavuga ko bashimira ubuyobozi kuba buzirikana bukanaha agaciro akazi bakoze k’ubwitange.
Ku wa Gatanu, Ingabo z’u Rwanda (RDF) hamwe n’iz’u Uganda (UPDF) basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi rwa Kigali ruherereye ku Gisozi, aho bunamiye inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.