Mu Karere ka Ngoma haravugwa inkuru ibabaje y’inkuba yakubise itsinda ry’abaturage bari bari mu mirimo yo kwita ku matungo no guhunga imvura, igahitana abantu icyenda mu gihe abandi batandatu bakomerekeye muri iyo mpanuka. Iyi nkuba yakubise ku gicamunsi...
Mu Karere ka Gisagara, mu Murenge wa Nyanza, inzego z’umutekano zatabaye zikuraho grenade yari ibitswe mu rugo rw’umuturage, nyuma y’amakuru yatanzwe n’abaturage agaragaza ko hari igikoresho gishobora guteza impanuka. Ibi byabereye mu Mudugudu w’Akabakene, Akagari ka Higiro, ku...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yashimye ubunyamwuga n’ubwitange byaranze Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’izindi nzego z’umutekano mu mwaka wa 2025, ndetse abashimira uruhare rukomeye bagira mu kubungabunga amahoro n’umutekano w’igihugu no mu butumwa bwo...
Ku wa Mbere, tariki ya 25 Kanama 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yitabiriye umuhango wo gusoza imyitozo ya gisirikare (Exercise Hard Punch) wabereye i Gabiro mu Karere ka Gatsibo....
Ku wa 25 Kanama 2025, Perezida Paul Kagame mu kiganiro yagejeje ku basirikare basaga 6.000 mu kigo cya Gisirikare cya Gabiro mu Ntara y’Iburasirazuba, agaruka ku myitwarire y’amahanga n’abashinja Ingabo z’u Rwanda (RDF) ibikorwa by’ubwicanyi muri Repubulika Iharanira...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Kanama 2025, mu Ntara y’Iburasirazuba, Akarere ka Nyagatare, Umurenge wa Tabagwe, Akagari ka Nyagatoma, umusore w’imyaka 21 yishwe atewe icumu n’abo bari kumwe, icumu rimufata munsi y’igituza mu rubavu arapfa. Umuvugizi...
Umuhanga mu by'ubumenyi bw'ibisigaramatongo nti yabashije guhisha umujinya aterwa n’uko ibuye ridasanzwe rya meteorite ryavuye ku mubumbe wa Mars, ryavumbuwe mu myaka ibiri ishize muri Niger, ryaje kugurishwa mu cyamunara cyabereye i New York mu kwezi gushize, rikagurwa...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yageze ku masezerano na Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) yo kwakira abimukira bagera kuri 250, mu rwego rwo gufatanya mu gukemura ibibazo byugarije isi by’abimukira. Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi wa Guverinoma y’u...
Umusore w’imyaka 35 wo mu Karere ka Rutsiro, afunzwe akekwaho kwica ateye icyuma mu mutima mugenzi we w’imyaka 42, afashwe arimo agerageza kwihisha. Ibi byabereye mu Murenge wa Boneza, Akagari ka Kabihogo ho mu Mudugudu wa Rugamba mu...
Abasirikare batatu b’Ingabo za Uganda (UPDF) baguye mu mpanuka y’imodoka yabaye ku wa 28 Nyakanga 2025, mu mujyi wa Bunia, Intara ya Ituri, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Iyo mpanuka yabaye ubwo imodoka ya...